#COVID19: Abantu 5 bitabye Imana, abanduye bashya babonetse ni 168

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatatu tariki 29 Nzeri 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 168, bakaba babonetse mu bipimo 11,085.

Abantu batanu bitabye Imana, bose bakaba ari abagabo barimo uwo mu Karere ka Gicumbi w’imyaka 85, uwo mu Karere ka Gakenke w’imyaka 80, uwo mu Karere ka Nyabihu w’imyaka 73, uwo mu Karere ka Kayonza w’imyaka 65 n’uwo mu Mujyi wa Kigali w’imyaka 61.

Abantu batatu basezerewe mu bitaro, abandi batatu babishyizwemo, naho abarembye ni 10.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka