Amanota y’Ibizamini bya Leta aramenyekana kuri uyu wa mbere

Ikigo cy’Igihugu cyita ku Burezi (REB) cyatangaje ko amanota y’ibizamini bya Leta bisoza umwaka w’amashuri wa 2019 (P6, S3 na TTC) azashyirwa hanze kuri uyu wa mbere tariki ya 30 Ukuboza 2019 saa cyenda z’amanywa.

Itangazo icyo kigo cyanyujije kuri Twitter, rivuga ko amanota ashyirwa ahagaragara kuri uyu wa mbere ari ay’abanyeshuri bakoze ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza (P6), abakoze ibizamini bya Leta bisoza icyiciro rusange (S3), n’abakoze ibizamini bya Leta bize ibyerekeranye no kwigisha (TTC).

Inkuru bijyanye:

Umunyeshuri wa mbere mu basoje amashuri abanza yabaye uwa Wisdom School

Ibitekerezo   ( 72 )

Gusa itangira rya S1 na S4 bakongerwa icyumweru kugirango bitegure kuko ntakuntu batangirira rimwe n’abandi kandi bamwe bagomba guhindura ibigo hamwe na school fees za ABANYESHURI bakabona umwanya wo kuyishaka

viateur yanditse ku itariki ya: 30-12-2019  →  Musubize

eeeeee!!!!!!! abana ba TTC nabo bagiye gufata ku gasenda vuba.Wellcome

UFITEYESU SIMO PIERRE yanditse ku itariki ya: 30-12-2019  →  Musubize

Yebabaweeeeeee nsanze natsinze naserebra 2

HABUMUGISHA etienne yanditse ku itariki ya: 30-12-2019  →  Musubize

NASOHOKA NDIBUZE KWISENGERERA KAMWE

MUNEZERO yanditse ku itariki ya: 30-12-2019  →  Musubize

Aya manota nindamuka nyabonye nka Sang natsinze nzishima nababyeyi bazishima

Kageme prince yanditse ku itariki ya: 30-12-2019  →  Musubize

Ayomanota yaracyenewe doreko n’umwaka w’amashuri ugiye gutangira vuba. Murakoze murakarama.

Nsabimana xavier yanditse ku itariki ya: 30-12-2019  →  Musubize

Ayomanota yaracyenewe doreko n’umwaka w’amashuri ugiye gutangira vuba. Murakoze murakarama.

Nsabimana xavier yanditse ku itariki ya: 30-12-2019  →  Musubize

Murakoze kuduha ayo Nakuru ariko turibaza ngo andi manota yabakoze S6 zitari TTC amanota yabo azashyirwa ahagaragara ryari?

Nisungimana JMV yanditse ku itariki ya: 30-12-2019  →  Musubize

Amanotayari arambiranye nukuri.

ERICADE yanditse ku itariki ya: 30-12-2019  →  Musubize

birakwiyeko s1mas4 bongererwa iminsi kuko
batangiriye rimwe nabandi ntago baba biteguye
bihagije kandi byatuma bajya kubigo badafite ibyangomba byuzuye bakagombye kongererwa
ibyumweru nka 2 asante

hakomeyimana jean paul yanditse ku itariki ya: 30-12-2019  →  Musubize

birakwiyeko s1mas4 bongererwa iminsi kuko
batangiriye rimwe nabandi ntago baba biteguye
bihagije kandi byatuma bajya kubigo badafite ibyangomba byuzuye bakagombye kongererwa
ibyumweru nka 2 asante

hakomeyimana jean paul yanditse ku itariki ya: 30-12-2019  →  Musubize

None se aya manota ko yatinze ababyeyi bazategura ibikoresho by,abanyeshuri ryari? Niba byashoboka S1 na S4 babongerere icyumweru cyo kwitegura kuko gushaka ibikoresho n,amafaranga y,ishuri biragoye.

Alias yanditse ku itariki ya: 29-12-2019  →  Musubize

Nibyo kbx baduh icyumweru

HABUMUGISHA etienne yanditse ku itariki ya: 30-12-2019  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka