Amanota y’Ibizamini bya Leta aramenyekana kuri uyu wa mbere

Ikigo cy’Igihugu cyita ku Burezi (REB) cyatangaje ko amanota y’ibizamini bya Leta bisoza umwaka w’amashuri wa 2019 (P6, S3 na TTC) azashyirwa hanze kuri uyu wa mbere tariki ya 30 Ukuboza 2019 saa cyenda z’amanywa.

Itangazo icyo kigo cyanyujije kuri Twitter, rivuga ko amanota ashyirwa ahagaragara kuri uyu wa mbere ari ay’abanyeshuri bakoze ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza (P6), abakoze ibizamini bya Leta bisoza icyiciro rusange (S3), n’abakoze ibizamini bya Leta bize ibyerekeranye no kwigisha (TTC).

Inkuru bijyanye:

Umunyeshuri wa mbere mu basoje amashuri abanza yabaye uwa Wisdom School

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 72 )

Nonese ko tutari kuyabona turayabona nka ryari, gt c

Nshimiyimana Jonas yanditse ku itariki ya: 30-12-2019  →  Musubize

Ko ataraza?

Alias yanditse ku itariki ya: 30-12-2019  →  Musubize

Nibyiza kuba batanze igihe aramenyekaniraho,byarushaho kuba byiza icyo gihe cyubahirijwe.Gusa badufashe gushaka umuti w’iki gihe gito gisigaye kugira ngo umwaka w’amashuri utangire.

Sibjohn yanditse ku itariki ya: 30-12-2019  →  Musubize

Turayifuza rwose nasohoke

Rugira Gilbert yanditse ku itariki ya: 30-12-2019  →  Musubize

Amanota rwose nasohoke turayategereje tumenye icyo dukorera abana bacu

Rugira Gilbert yanditse ku itariki ya: 30-12-2019  →  Musubize

imana idufashe pe

barore elois yanditse ku itariki ya: 30-12-2019  →  Musubize

Amanota ko tutari kuyabona byagenze bite niba Hari aba bikoze bakayabona nibatubwire natwe tugerageze turebe tumenye uko twitehura umwaka wamashuri.uwabikoze na turangire inzira twanyuramo.

Ishimwe yanditse ku itariki ya: 30-12-2019  →  Musubize

nibyo amanota ni bayohereze turayashaka

ishimwe emma claire yanditse ku itariki ya: 30-12-2019  →  Musubize

Nkababyeyi dufite ikibazo turamutse dusanze abana bacu batsinze uburyo twakwitegura mugihe kitangana n’icyumweru
Ni ikibazo gikomeye mubyigeho.
Murakoze

Solange yanditse ku itariki ya: 30-12-2019  →  Musubize

Mu bihe byacu twe babisohoraga nyuma .... hagashira icyumweru babivuga bikarambirana mu myaka yaza 2007,2008,2009

moliere yanditse ku itariki ya: 30-12-2019  →  Musubize

Ngewe nakoz last year,but bonne chance ku bakoze!!

Thierry yanditse ku itariki ya: 30-12-2019  →  Musubize

Amanota tuyarebe gute?

Seth yanditse ku itariki ya: 30-12-2019  →  Musubize

Kbs amanota arakenewe murakoze cyane mukanya turashira amatsiko

KWIZERA DEVOTHA yanditse ku itariki ya: 30-12-2019  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka