Aya manota arashyirwa ku mugaragaro ku isaha y’isaa cyenda z’amanywa ku cyicaro cya MINEDUC.
Akimara gutangazwa umunyeshuri wese cyangwa undi ufite ibiranga uwakoze (Code) ashobora kureba amanota ku rubuga rwa MINEDUC cyangwa akohereza ubutumwa bugufi yanditse ahagenewe kwandikwa ubutumwa S6 ugakurikizaho Code y’umunyeshuri ukohereza kuri 489.

Umunyamabanga wa Leta Ushinzwe amashuri abanza n’ayisumbuye, Isaac Munyakazi (ibumoso) na Gasana Janvier, umuyobozi w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe uburezi (REB) ubwo batangazaga amanota y’abasoje amashuri abanza mu kwezi guhize.
Aya makuru turakomeza kuyabakurikiranira
Ibitekerezo ( 112 )
Ohereza igitekerezo
|
Mutubwire urubuga tuyareberaho murakoze""
Mwiriwe neza rero hacyenewe update kuri website ya WDA RESULTS hamwe na REB RESULTS
amanota kuba agiye ahagaragara turabyishimiye, ariko mutubwire abanyeshuri batsinze kukihe kigereranyo? murakoze
Ko ntayo tubona she biri gupfira he?
non c ko tutayabon kand zagez?
urubuga rwa MINEDIC ni uruhe?mudufashe cyangwa mushyireho link.murakoze
murakoze kutugezaho ayomakuru meza
none se ko tutayabona bimeze gute mutubarize
TWISHIMIYE GUSOHOKA KWA AMANOTA TWAKOREYE GUSA BURI WESE YISHIMIYE AYO YABONYE KUKO ARIYO YAKOREYE!THANKS A LOT!!
Turayategereje cyane kbx
Turayategereje cyane kbx
Imana idufashe kandi bazatworohereze mugutanga inguzanyo kuko ubushize sibyagenze neza