Aya manota arashyirwa ku mugaragaro ku isaha y’isaa cyenda z’amanywa ku cyicaro cya MINEDUC.
Akimara gutangazwa umunyeshuri wese cyangwa undi ufite ibiranga uwakoze (Code) ashobora kureba amanota ku rubuga rwa MINEDUC cyangwa akohereza ubutumwa bugufi yanditse ahagenewe kwandikwa ubutumwa S6 ugakurikizaho Code y’umunyeshuri ukohereza kuri 489.

Umunyamabanga wa Leta Ushinzwe amashuri abanza n’ayisumbuye, Isaac Munyakazi (ibumoso) na Gasana Janvier, umuyobozi w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe uburezi (REB) ubwo batangazaga amanota y’abasoje amashuri abanza mu kwezi guhize.
Aya makuru turakomeza kuyabakurikiranira
Ibitekerezo ( 112 )
Ohereza igitekerezo
|
amanota araza ryari
ko aba WDA tutabibona byagenze gute? mutubarize.
murakoze kudutangariza uko abana bacu bakoze.
The Rwandans’ students keep it up by working & doing on plans & objectives towards sustainability development of our Rwandan Nation
Tubashimiye uko mubyihutishije mukomereze aho MINEDIC ize ku isonga.
Abazasanga bataratsinze bemerewe kwiyandikisha ku kigo icyo aricyo cyose bakongera bakiga?
Twayabuze mudusobsnurire pee
Tubashimiye uko mubyihutishije mukomereze aho MINEDIC ize ku isonga.
Abazasanga bataratsinze bemerewe kwiyandikisha ku kigo icyo aricyo cy?ose
Ko bitarimo gukunda please mudusobanurire
murakoze kurayo makuru icyo mbasaba nuko myajya mushiraho na links yokuyarebaho byadufasha
ni byiza pe! gusa mwadufasha kubona link twayabonaho.murakoze!
Mwiriwe neza nimuduhe #link yadufasha kureba results
mwakoze kutubeshya twe fwabibuze peu