Amanota y’abarangije amashuri abanza n’icyiciro rusange aratangazwa kuri uyu wa mbere
Yanditswe na
KT Editorial
Minisiteri y’Uburezi ibinyujije ku rubuga rwayo rwa Twitter yamenyesheje ko ibyavuye mu bizamini bisoza amashuri abanza (P6) n’ibyavuye mu bizamini bisoza umwaka wa gatatu w’amashuri yisumbuye bitangazwa kuri uyu wa mbere tariki 31 Ukuboza 2018.

Abakoze ibizamini bya P6 na S3 baramenya amanota yabo kuri uyu wa mbere
Biteganyijwe ko icyo gikorwa kibera ku cyicaro cy’iyo Minisiteri giherereye ku Kacyiru mu mujyi wa Kigali, saa tanu z’amanywa.
Imibare igaragaza ko abanyeshuri batangiye ibizamini bisoza amashuri abanza mu mwaka wa 2018 ari 255 173. Abakobwa ni bo benshi bangana na 138 831, mu gihe abahungu ari 116 342.
Abakoze ibizamini bya Leta bisoza icyiciro rusange ni 99 288 barimo abakobwa 54 194 n’abahungu 45 094.
Ohereza igitekerezo
|
kureba amanota yabakoze icyareta umwaka wa gatatu
Kureba amanota asoza amashuri abanza
ndashaka kureba amanota yanjye
NANGE NKENEYE KUYAREBA.
Ndashakureba amanota
dushaka Karena amanota murakoze
amanotayumunyeshuri p6+020509024
Ujye wandika iyo index wongereho 2019
Nkawe urakanda ku kadomo k’icyiciro yigagamo niba ari p6 CG s3
Nubisoza wandike 010209070182019 ahabugenewe
Ndibwirako byumvikana
Ndi kureba amanota y’umwana wiga muri primary bakambwira ngo invalid registration number kandi registration number ariyo
sinzi ikibazo kirimo mwadufasha
murakoze!!!!!!
nukureba amanota
Ndasha kumenya amanota nagize
Ninde wajyize menshi
Nshaka kumenya amanota fatizo 2018-2019
Nahamagawe muri fawe girls school gisozi
nyaruguru IMBASA
kurebaamanota