Amanota y’abarangije amashuri abanza n’icyiciro rusange aratangazwa kuri uyu wa mbere

Minisiteri y’Uburezi ibinyujije ku rubuga rwayo rwa Twitter yamenyesheje ko ibyavuye mu bizamini bisoza amashuri abanza (P6) n’ibyavuye mu bizamini bisoza umwaka wa gatatu w’amashuri yisumbuye bitangazwa kuri uyu wa mbere tariki 31 Ukuboza 2018.

Abakoze ibizamini bya P6 na S3 baramenya amanota yabo kuri uyu wa mbere
Abakoze ibizamini bya P6 na S3 baramenya amanota yabo kuri uyu wa mbere

Biteganyijwe ko icyo gikorwa kibera ku cyicaro cy’iyo Minisiteri giherereye ku Kacyiru mu mujyi wa Kigali, saa tanu z’amanywa.

Imibare igaragaza ko abanyeshuri batangiye ibizamini bisoza amashuri abanza mu mwaka wa 2018 ari 255 173. Abakobwa ni bo benshi bangana na 138 831, mu gihe abahungu ari 116 342.

Abakoze ibizamini bya Leta bisoza icyiciro rusange ni 99 288 barimo abakobwa 54 194 n’abahungu 45 094.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 31 )

kureba amanota yabakoze icyareta umwaka wa gatatu

alias yanditse ku itariki ya: 6-09-2023  →  Musubize

Kureba amanota asoza amashuri abanza

Ishimwe Euphrem yanditse ku itariki ya: 15-09-2022  →  Musubize

ndashaka kureba amanota yanjye

ndacyayisenga ruth yanditse ku itariki ya: 30-08-2022  →  Musubize

NANGE NKENEYE KUYAREBA.

ALIAS yanditse ku itariki ya: 28-09-2022  →  Musubize

Ndashakureba amanota

Mutoni uwase losine yanditse ku itariki ya: 15-09-2023  →  Musubize

dushaka Karena amanota murakoze

itangishaka davidi yanditse ku itariki ya: 5-10-2021  →  Musubize

amanotayumunyeshuri p6+020509024

musengimana yanditse ku itariki ya: 2-01-2020  →  Musubize

Ujye wandika iyo index wongereho 2019

Nkawe urakanda ku kadomo k’icyiciro yigagamo niba ari p6 CG s3

Nubisoza wandike 010209070182019 ahabugenewe

Ndibwirako byumvikana

Eric Daddy yanditse ku itariki ya: 31-12-2019  →  Musubize

Ndi kureba amanota y’umwana wiga muri primary bakambwira ngo invalid registration number kandi registration number ariyo
sinzi ikibazo kirimo mwadufasha
murakoze!!!!!!

MUGABIRE Patrick yanditse ku itariki ya: 30-12-2019  →  Musubize

nukureba amanota

byukusenge daniel yanditse ku itariki ya: 30-01-2019  →  Musubize

Ndasha kumenya amanota nagize

Rutikanga bonhuel yanditse ku itariki ya: 12-01-2019  →  Musubize

Ninde wajyize menshi

Humble king yanditse ku itariki ya: 1-01-2020  →  Musubize

Nshaka kumenya amanota fatizo 2018-2019

Billy yanditse ku itariki ya: 8-01-2019  →  Musubize

Nahamagawe muri fawe girls school gisozi

uwayesu lydia yanditse ku itariki ya: 9-01-2019  →  Musubize

nyaruguru IMBASA

uwamahoro lucie yanditse ku itariki ya: 7-01-2019  →  Musubize

kurebaamanota

hitiiyise robert yanditse ku itariki ya: 5-01-2019  →  Musubize
  • 1
  • 2

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka