Abadaheruka Rwamagana, dore uko umujyi usa - AMAFOTO

Umujyi wa Rwamagana ni umwe mu miji imaze igihe kirekire kandi wari ukomeye mu bikorwa by’ubucuruzi hambere. Ario uko imyaka yagiye ishira ibikorwaremezo byawo byakomeje gusigara inyuma mu gihe indi mijyi y’u Rwanda yiyubakaga.

Gusa mu myaka mike ishize uyu mujyi watangiye kwiyuburura, hubakwa ibikorwaremezo bishya, bashyira isuku imbere nk’uko muri bubikurikirane mu mafoto

Kureba andi mafoto menshi Kanda AHA

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 4 )

Ariko uwatweretse amafoto ya Rwamagana yakoze,uuhm! kuko hari benshi baba baragiye gushakishiriza ahandi bagasiga hataraba na ziriya Nyubako mubona ikirenze kuri ibyo nuko uko hameze ubu bihabanye na Rwamagana ya Kera ubu hari Smart

Amahoro akomeze ahore dusugire dusagambe mu Rwatubyaye

MUHIRE yanditse ku itariki ya: 27-04-2016  →  Musubize

Ariko uwatweretse amafoto ya Rwamagana yakoze,uuhm! kuko hari benshi baba baragiye gushakishiriza ahandi bagasiga hataraba na ziriya Nyubako mubona ikirenze kuri ibyo nuko uko hameze ubu bihabanye na Rwamagana ya Kera ubu hari Smart

Amahoro akomeze ahore dusugire dusagambe mu Rwatubyaye

MUHIRE yanditse ku itariki ya: 27-04-2016  →  Musubize

Mbega akavuyo weeeeeeeeeee ntimuzongere kuko mwatumatutahagaruka niba arukuhameze mutubabarire gale mwarayubatse mpaheruka arumukungugu pe
gusa ndahakunda kuko niwacu arikomugerageze kuyihindura kurusha uko mwayisanze

richrd yanditse ku itariki ya: 27-04-2016  →  Musubize

Mbega umwanditsi ukwiye amahugurwa!Inzu ebyiri, ibiro by’intara, inyanya mu isoko n’abanyonzi begamiye urukuta koko niyo shusho ya Rwamagana ufite ubu?

agaciro peace yanditse ku itariki ya: 27-04-2016  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka