Uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k'u Rwanda
|
MWARAMUTSE!DUKENEYE TAX MINI BUS MU MUHANDA NGORORERO-KAVUMU-RUTSIRO,LETA NIDUTABARE
aturange bo mumurenge wa ruhango niryari tuzakemurirwa ibibazo reba iyisaha umurenge harimo umuntu umwe nkubu mpaje inshuro 5 nkababura aho baziye igisubizo ni jyenda uzagaruke tugiye muri poze nimubatubwirire bikubite ashyi.
ndashima exectife wahoze ayobora umurenge wa kigoma (kajyambere patrick)ko yakoze ibikorwa by,intashyikirwa mumurenge wacu kd nakomereze aho imana imurinde
Mwiriweneza Nasabaga Leta Yurwanda Koyadufasha Kukibazo Cyumuhanda Wagasetsa Mukarere Kangoma Umurenge Remera Kumuhanda Wangiritse Cyane Leta Izadufashe Murakoze.
INYAMASHEKE;MWADUKORERA UBUVUGIZI AMASHURI AMWE YA NAYINI MUKAHAGEZA AMAZI MEZA N’ AMASHANYARAZI KUKOTURI MUBWIGUNGE.
Muraho turashimira reta yubumwe irikutugeza ku iterambere 1 ikoranabuhanga so nibindi twebwe bomubyaro turashimira perezida kagame ko yadufunguriye amagare murikaburimbo nkamoto zomucyaro mwaduhe poromosiyo yaperime turazivomesha nokwahira ntidukata muri kaburimbo
MWARAMUTSEHO NEZA N’UKUTUBARIZA IKIBAZO CY ’UBUSHUMERI K’URUBYIRUKO RW’URWANDA ICYO G.V.T, IBIVUGAHO murakoze
NI BYIZA KUNGAMBA ZAFASHWE ZO GUKUMIRA UBUJURA BW’ INKA ARIKO IBYO NTIBIHAGIJE KUKO ABARINZI BAJYA INAMA N’ INYONI ZIJYA IZINDI. MURI IYI MINSI MIKURU NTAKURYAMA KUKO ABASHERETSI BAZACA MURIHUMYE ABARINZI.
HARI IGITEKEREZO CYO GUKUMIRA UBUJURA BW’ INKA MFITE NIMARA KUCYANDIKA NEZA NZACYOHEREREZA UMUYOBOZI W’INTARA Y’ AMAJYEPFO ,KUKO INGAMBA Z’ INTARA YOSE ZARUTA IZ’ UMURURENGE UMWE CYANGWA AKARERE KAMWE. <>
NI BYIZA KUNGAMBA ZAFASHWE ZO GUKUMIRA UBUJURA BW’ INKA ARIKO IBYO NTIBIHAGIJE KUKO ABARINZI BAJYA INAMA N’ INYONI ZIJYA IZINDI. MURI IYI MINSI MIKURU NTAKURYAMA KUKO ABASHERETSI BAZACA MURIHUMYE ABARINZI.
HARI IGITEKEREZO CYO GUKUMIRA UBUJURA BW’ INKA MFITE NIMARA KUCYANDIKA NEZA NZACYOHEREREZA UMUYOBOZI W’INTARA Y’ AMAJYEPFO ,KUKO INGAMBA Z’ INTARA YOSE ZARUTA IZ’ UMURURENGE UMWE CYANGWA AKARERE KAMWE. <>
ok aho hantu abaganga nibumve ko arubuzima bwaturage nibikosore so thank you iam fionna
ndasaba ko mwazashyiraho mwazateza imbere ikoranabuhanga ryo mucyaro
jyewe ndasaba reta koya twubakira imiyanda yibitaka vuba kuko ibitaka bitumereye nabipe ndi kuri mirongo ine muri rwezamenyo
kigali to day ndabashimira amakuru mutugezaha murakoze
Nibyiza cyanerwose amashanyarazi atumyemye benshi bakataza mu iterambere ubungubu business iyo ariyo yose iragenda bityo tukaba duknmeje gurhimira leta y’Urwanda ikomeje kutugezaho ibikorwa remezo nk’ibingbi TURABAKUNDA CYANE Thanks.
turabashimira kumakuru mutugezaho muturere tukaba twifuzagako nayo mumirenge mwajya muya duha
Abandika kurubuga bose bagakwiye kujya bandika ibifite ireme
ntakindi ndabashimira uburyo mutugezaho amakuru
mwaramutse ntangiye nshyimira kigali today, kudahwema kutugezaho amakuru yihuse mutubarize ibitaro bya nyagatare bigira toilet imwe nikigo nderabuzima cyaho.
Mu mbonezamikurire y’abana bato,hagomba gutegurwa neza ibiribwa bitera imbaraga,ibyubaka umubiri,ibirinda indwara .Umwana agomba gukoreshwa imitozo imufasha gukuza ibice bito n’ibinini by’umubiri,ibikuza ubwenge n’ibindi.
Mu mbonezamikurire y’abana bato,hagomba gutegurwa neza ibiribwa bitera imbaraga,ibyubaka umubiri,ibirinda indwara .Umwana agomba gukoreshwa imitozo imufasha gukuza ibice bito n’ibinini by’umubiri,ibikuza ubwenge n’ibindi.
Ibyinshi numvuse aribyizakuko biganisha kwiterambere ryugihugucyacu byumwihariko akarere kacukarusizi ariko ntacyo byababimaze mugihe ikirango kigihugu bamwe muritwe bakiba ese ubuturavahe tukajyahehe ? koko kera ngo batwitaga incutizurwanda nonetubaye abanzibarwo abobantu barabeshya bazafatwa so dukaze uburinzi amarondo akorwe kandinabayakora ducungane kuko birababaje bakurubacu !birababaza
nitwa nkurunziza michel nataye irangamuntu ariko ntabwo nzi nomero yayo,yatangiwe mukarere ka kirehe,gatore,nasabaga ko mwamfasha mukanyoherereza number yayo kuri iyi email([email protected])