Uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k'u Rwanda
|
mwaramunse muzatubarize impamvu banshyizeho irondo ryumwu ga nonese umusilikare azarara hanze umu porisi ararehanze numuturange ararehanze ubwose ninde uzarara munzu ?
Turabashimiye Muri Abagaciro Murakoze
nwaramu ndashima abanyamakuru banyu kuko batungeraho tukababwira ibitekerezo byacu
KABISA TURASHIRA UBUYOBOZI BW’AKARERE KA BURERA KUBUFASHA BAHAYE IMIRYANGO YAHUTARIYE MURI RWA RUSENGERO RWAGUYE KUBANTU MUGAHUNGA-BURERA NDETSE N’IBINDI BYOSE BADAHWEMA GUKORERA ABATURAGE BURI MUNSI.
KABISA TURASHIRA UBUYOBOZI BW’AKARERE KA BURERA KUBUFASHA BAHAYE IMIRYANGO YAHUTARIYE MURI RWA RUSENGERO RWAGUYE KUBANTU MUGAHUNGA-BURERA NDETSE N’IBINDI BYOSE BADAHWEMA GUKORERA ABATURAGE BURI MUNSI.
mwaramutse mutungezaho amakurumeza ni japheti
Nangenshimiye,abobayobozi,arikonibabishoboka Mubadusabirebegere,abaturage , Murakoze.
mwaza tubwiye kuri kicukiro cg kagarama muzaba mukoze
ndasa.umukobwa.witonda
Nifurije Abanyarwanda Gutangira umwaka Mwiza Kandi Bakoro Bihangira Imirimo.
Gusa ikibazo cya Service kuri centre de sante ya Bukora nayo ntabwo inoze kuko uzanga abarwayi baryamye muri pasparumu nta muntu ubitaho bukabiriraho bamwe bagataha batanavuwe kandi abaganga babarebera gusa
nt amakuruyimikino mutungezaho
mutugezaho amakuru meza mukomereze aho kandi nifurije abanyarwanda bose umwaka mushya muhire wa 2015
inama zanyu ziranyubaka cyane nkaba mbasaba amakuru ya karere ka kamonyi.
jyewe ndifuriza abanyarwanda bose umwaka mushya muhire wa 2015 ,dushimira kigali to day ku bwamakuru itugeazaho
MUKOMEREZE AHO KANDI MWIRINDE IBIHUHA. MURAKOZE CYANE!
Iminsi mikuru ntidusesagure kuberako ntamusi tutishima .ahubwo dushimire lmana yoyaturinze murububuzima’tunayisaba gutangira undimwaka mubyishimo’nomumahoro.
Iminsi mikuru ntidusesagure kuberako ntamusi tutishima .ahubwo dushimire lmana yoyaturinze murububuzima’tunayisaba gutangira undimwaka mubyishimo’nomumahoro.
Mwaramutse Mwese Nshuti Za Kigalitoday! Nohel Nziza N’umwaka Mushyamuhire, Ndasaba Aba Pasteur Bamatorero Namadini Bomukarere Ka Nyagatare Bongere Agakiza Mubakristo Kuko Birababaje Aho Kuri Nohel Wasangaga Insengero Zifunze Arko Utubari,mutubyiniro Harihapfukiye Murumva Nikibazo Murakoze.
uwo muntu wibye ayo matungo koko bega igisebo. igitekerezo natanga nuko iyo atarinda ahubwo yarigutuza naho ubundi nishyure izo hene agorwe amezi3 murakoze.
Mwaramuste noel nziza nu mwakamushya na girango nibuste abatwara ibinyabizigako barinda ubuzimabwabo.
mwiriwe neza,noel nziza n’umwaka mushya muhire wa 2015!ngewe ndasaba abayobozi b’akarere kanyarugenge m’umurenge wa MUHIMA AKAGARI KA KABEZA UMUDUGUDU Wa SANGWA KO badufasha tugasubizwa inzu y’umubyeyi wacu yibarujweho n’umuvandimwe we none bikaba binatuvirama kubara aho kuba kandi hari inzu yasizwe n’ababye bacu!ndi kwishuri huye campus.