Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Ibitekerezo   ( 1368 )

Rusizi is still behind in service delivery and corruption from the cell level up to the district level .there ,roads ,bridges,markets ,jobs delivery will affect mayor’s.from Jean pierre,Fabien Oscar,Freud.reka turebe Wenda uyu mujene we azazana impinduka

Alias yanditse ku itariki ya: 25-05-2019

Akarere ka Rusizi kadindizwa na ruswa :mu itangwa ry,amasoko ,akazi kuko aha abakozi ba Ralga barakoreshwa muzagenzure,ikimenyane n,ibindi.

Alias yanditse ku itariki ya: 25-05-2019

NDASHIMIRA UBUYOBOZI BWAKARERE BWATEKEREJE GUSHYIRAHO AMATSINDA (KANGWA) AMAKOPERATIVE AGOMBAKUBUNGABUNGA UMUHANDA UVA MUCYAKABIRI CYAJYITARAMA UGANA IMUSANZE. BYUMWIHARIKO MUGICE CYA KARERE KA MUHANGA. KUKO AMAFARANGA BABIHEMBERWA" ABAFASHA KWITEZAIMBERE, ARIKO BIRIKUVUGWA YUKO NGO UBUYOBOZI BWAKARERE KA MUHANGA BUSHAKA KUBAKURAMO BAGASHYIRAMO ABASHOMERI BARANGIJE KWIGA BABUZE AKAZI. ARIKO NANGE NDUMWE MUBAYOBOZI BINZEGO ZIBANZE ABO BATURAJYE BAWUKORAGAMO NIHO BAKURAGA UBUSHOBOZI BWO GUFASHA ABANA BABO KWIGA’ BYUMWIHARIKO ABENSHI NIHO BAKURAGA AMAFARANGA YO GUTANGA (MITUWERI) REKA NGIRE INAMA UBUYOBOZI BWA KARERE KA MUHANGA KUZABIGANIRANHO NEZA: KUGIRANGO BATAZAKEMURA IKIBAZO KANDI BATEJE IKINDI KIBAZO GIKOMEYE. (MURAKOZE BAKUNZI BA KIGALI TODAY.)

alias yanditse ku itariki ya: 23-05-2019

i rusizi ralga ikoreshwa nabamwe mu bayobozi mu karere cyangwa abandi bafite ibirango mudutabare ruswa.

alias yanditse ku itariki ya: 26-04-2019

Koperative abacuruza inyongeramusaruro gakenke perezida wayo yayigize nkurugo rwe akora icyo ashatse yewe na rca yarahageze aba ariwe uyiha raporo ubundi irataha ngo iarangije odite itagaragaje umutungo wa koperative uko wakoreshejwe kdi aricyo cyari gikuru batabarwe naho ubundi bazataha batyo kdi bari bafite umutungo mwinshi

Elias yanditse ku itariki ya: 18-04-2019

Koperative abacuruza inyongeramusaruro gakenke perezida wayo yayigize nkurugo rwe akora icyo ashatse yewe na rca yarahageze aba ariwe uyiha raporo ubundi irataha ngo iarangije odite itagaragaje umutungo wa koperative uko wakoreshejwe kdi aricyo cyari gikuru batabarwe naho ubundi bazataha batyo kdi bari bafite umutungo mwinshi

Elias yanditse ku itariki ya: 18-04-2019

Mu gakenke abacuruza inyongeramusaruro koperative yabo ntibazi imikorere yayo baheruka bashyiramo amafaranga ntibamenya irengero ryayo batumijeho na RCA NTIYAGIRA ICYO IBAMARIRA KUKO RAPORO BAHAWE NA PEREZIDA NIYO BAJYANYE NGOO ODITE IRARANGIYE

Elias yanditse ku itariki ya: 18-04-2019

Koperative abacuruza inyongeramusaruro gakenke perezida wayo yayigize nkurugo rwe akora icyo ashatse yewe na rca yarahageze aba ariwe uyiha raporo ubundi irataha ngo iarangije odite itagaragaje umutungo wa koperative uko wakoreshejwe kdi aricyo cyari gikuru batabarwe naho ubundi bazataha batyo kdi bari bafite umutungo mwinshi

Elias yanditse ku itariki ya: 18-04-2019

mutugezaho amakuru meza rwose

Aline yanditse ku itariki ya: 4-04-2019

Imushubati mukagari kandi cyarusera umudugudu kigarama umuyobozi wakagari nashobora kuguha services, kubuntu mudutabare

Manzi Joseph yanditse ku itariki ya: 30-03-2019

Abaturage ba matyazo bakora muri vup rwose hashakwe ukobahembwa

Olivier yanditse ku itariki ya: 26-03-2019

MU KARERE KA KAMONYI,UMURENGE WA NGAMBA, AKAGALI KA KABUGA, ABATURAGE BARIMO KURIRA AYOKWARIKA KO BAGIYE KUBAHO NKABATUYE MUKARWA KUBWIGUJYE, KUBERA UMUGEZI UZWI KWIZINA RYA NYAMAGANA NUW’ICYOGO BYA NGIJE UMUHANDA IGATABA IBIRARO IGACA HEJURU YABYO MUMUHANDA UBAHUZA NUTUNDI DUCE BAHANA IMBIBIBI, KDI NTAKO BATATAKIYE LETA NGO IGIRE ICYO IBAFASHA YO IGAKOMEZA IKIREBERA BIKABA BIGEZE AHARINDIMUKA.

ALIAS yanditse ku itariki ya: 21-03-2019

ndabashimiye kubwamakuru meza mutugezaho

KABERUKA Gaspard yanditse ku itariki ya: 5-03-2019

MUKOMEREZAHO KUMAKURU MENSHI MEZA MUDUHA.

LAMBERT yanditse ku itariki ya: 3-03-2019

NDIFUZA YUKO MWAZASURA UMUHANDA WACU UVA MUKAKABIRI KA GITARAMA UGANA I MUSANZE. KANE KANE GUHERA NYABIKENKE KUGERA KUKIRARO KA NYABARONGO KUMUVUMBA. UMUHANDA WAGIYE UTENGUKA NDETSE HARI NI MIGEZI ITURUKA MU NDIZA IGENDA IMANURA AMAZI AVANZE NISURI BIKAWANGIZA,

LAMBERT yanditse ku itariki ya: 3-03-2019

Mwadutumikira rwose kuko mu karere ka Burera,umurenge wa Kivuye ugizwe nutugari 4 ntamuriro kabisa uratugeraho abayobozi barahagera bakaduha gahunda ariko amaso yaheze mukirere.ubudukeneye kubimenyesha H.E Paul kagame intore izirusha intambwe niwe utabesha.kuko birababaje ago murwanda hakiri umurenge whose udafite amashanyarazi bityo bikadukoma mu nkokora mwiterambera.mudufashe rwose.

Elias yanditse ku itariki ya: 28-02-2019

nibyo akarere kamuhanga gahora kwisonga mugustinda kand nange ndagashyigikiye

iradukunda Eric yanditse ku itariki ya: 8-02-2019

abakobwa batora kwataribeze koko murwanda bazagabanye ibibazo baha banyampinga batore umukobwa ufite uburanga ataribyo urwanda ruzaba urwanyuma mubakobwa beza kwisi ndetse nomuri africa?

Oreste yanditse ku itariki ya: 27-01-2019

amakuruyakazi mukarere kanyagatare

habarugira valens yanditse ku itariki ya: 29-12-2018

Muratwubaka Kandi mutugezaho amakuru agezweho. Gusa inkuru za politiki ni nke

Twiringiyumukiza Emmanuel yanditse ku itariki ya: 19-12-2018

Muzasure nyiramageni/mbogo cell/gikonko sector /gisagara district iterambere ryasigaye inyuma ntabikorwa remezo numuriro barawutubeshye amapoto asaziye mubutaka mbese turababaye kt radio nituvuganire nkuko mubikorera nabandibaturage?

Byigeroeugene yanditse ku itariki ya: 13-12-2018

Mu murenge wa Gikonko mukarere ka Gisagara mu kigali ka nyiramageni abaturage baho ntabikorwa remezo biharangwa namashanyarazi batubwiye amapoto asaziye mubutaka batugurishije computer za cash power nanubu twabuze abazaza kuduha umuriro rwose u c e l cg REG niturwaneho hamwe nubuyobozi bakarere ka gisagara kuko duheze mwicuraburindi kdi ibindi bice byurwanda bitera imbere umunsi kumunsi twe ntitumenya icyo twabuze.rwose KT radio muzahagere murebe uko harinyuma mwiterambere kdi tubizeraho ubuvugizi bufasha abaturage kwibukwa na leta.

Byigeroeugene yanditse ku itariki ya: 13-12-2018