Uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k'u Rwanda
|
Ndashimira umuntu wese wagize uruhare rwo gushyiraho ubu buryo bwo kubonera amakuru y’Akarere kugihe. ni muduhe amakuru agezweho ubu mu karere kacu ka Ngoma.
NDABAKURIKIYE MWESE MUKOMEZE MUMPE INKURU
mumurenge wa kabarore mukagari ka kabeza ejo umugabo yafatiwe mukabari asambana numugore utaruwe .yafashwe numugorewe arahondagura karahava uwo mugabo nuwo mugare utaruwe baratoka.
Kumenyera amakuru kugihe
nitwa INGABO ROGER nashakaga ngo mubwire uburyo nasaba stage
MWATUBWIRA UBURYO UMUNTU YA TANGA UMUSANZU W’UMURYANGO BINYUZE KURI( MOM,TIGO CASH),KUGIRANGO TUBONE UKO DUTANGA INKUNGA MUMURYANGO WACU RPF /MY PHONE IS 0788832568 ,MURAKOZE CYANE TURABASHIMIYE.
Amakuru muri gicumbi bimeze bite
muri uyumugoroba irondo rya kagarika nyakabanda rifashe umusorewibye uruzitirorwi ibyuma
akarere kacu turagashimira ibyiza kadahwema kutugezaho uriya muhanda uzadushimisha.
dukunda igihugu cyacu cy’urwanda
NAMWE NDABASHISHIKARIZA KUCYITANGIRA NOKU KIRINDA UMWANZI AHO YAVA HOSEEEEEEEEEEEEEEEEEEE
AMAKURU MU KAREREKA NYAMAGABE
Mwiriwe neza.
Ikibazo cyanjye ku buyobozi bwakarere ka Rutsiro kirebana ibikorwa remezo,
Hari ahantu intindo yahuzaga Karongi umurenge wa Rubengera n
Akagari ka Kabuga ho muri Rutsiro imaze imyaka 2 yarangijwe nibiza none kugeza ubu nta kirakorwa. abantu baheze mu bwigunge kuko na moto kugera ahitwa i Gihara bigoye.
Mutubarize ubuyobozi b
Akarere.
Ngewe narimfite ikibazo bidiye turashakako idufusha dugakora tukayishyura mumurenge wakibirizi thangs
Mujye mumpa amakuru yose ajyezweho arebana nakzi kuburezi muri Kano karere .
murakoze
mbanje kubasuhuza ni amakuru nshaka gutanga hari igikorwa kizabera muri GASABO/ RUSORORO MUKIGO CY’URUBYIRUKO CYA YEGO CENTER KABUGA akaba ari igikorwa kizatangira taliki 26/07/2019 igkorwa ni YEGO TALENT SHOW kigamije gutuma urubyiruko rwiteza Imbere bakoreresheje impano zabo kuva saa 14h:00 kujyeza saa 19h:00murakoze kwakira amakuru tubahaye /murakoze bakunzi ba kigali today
Kumenya Amakuru. Ya gatsibo
Mwaramutse mwese uwomuntu wishimye kyane agahitirakwo imana imuhe ikiruhuko kindashira
APR NIBIKI RIGUKORA
IBYISHIMO BYOGUTWARA IGIKOMBE KURI LEYONSIPORO BITUMYE UMUGABO UMWE AHASIGA UBUZIMA@Hari mugitondo Ko Kukumweru le02/06/2019 abagabo baramukiye mukabari bari Kwishimira Igikombe Ka Reyonsiporo yatwaye! arinako bananywa inzoga kugeza bwije. bigeze muma saa9:00 zumugoroba umugabo uzwi NKA GASITONI Utuye mumudugudu wa KABAKUNGU AKAGARI KANYAMIRAMBO UMURENGE WA RONGI AKARERE KAMUHANGA Yatashye yanyweye inzoga nyinshi. Yaranyereye agwa munsi yumukingo birangira yitabye IMANA. NONE Alashyingurwa kuri uyuwa kabiri le04/06/2019(Imana imuhe iruhuko ridashira.)
kuki uwo mugabo ngo ni sankara yi gize akagabo
Dukomeje kubakurikirana mwiterambere turabemera cyane ku Banyakarongi Bose.
Rusizi is still behind in service delivery and corruption from the cell level up to the district level .there ,roads ,bridges,markets ,jobs delivery will affect mayor’s.from Jean pierre,Fabien Oscar,Freud.reka turebe Wenda uyu mujene we azazana impinduka