Nk’uko mwayotse rero maze efiyu mansi ndi kuzikiniraIsitafrika aho nari nariyongoje kuba ngiye gushakishiriza ngo ndebe aho zirya kurusha ahandi cyane cyane ko, nkuko mubizi, ubu ibihugu byo muri aka karere twese twasongamanye mu muryango wa Isitafrikani Komunite… Iyo isoko ribaye rimwe rero, na dilu zikinirwa hose lazima… Kandi njye burya iyo bavuze “Icyerekezo” hari n’igihe numva “Ibyerekezo” kuko izanjye linye nzishakishiriza kila fasi!… Ni uko mbayeho tu… Kugeza igihe Sakindi izibaruka! (aho nzabonera amahirwe yanjye) Ubu hari udukoryo twinshi mvanye hirya aho tw’ukuntu narushaho kunoza sistimu yanjye muri gemu nsanzwe nkina kugira ngo ubukanda bwiyongere… Musijyarinzabashonesha tu uko zipanze… Heheh… Gusa nabonye hari ubutipe butangiye kwiyongoza kujya busokoza abantu kenyejyi (hari ubwicanyi) mba nitahiye burya uretse n’umutekano usesuye wa hano iwacu, nta n’aheza nk’iwanyu man ! Bongo ?
Lewo sasa sina sitori mingi… Eh !, Amini uyu munsi rero nta dushya twinshi ndi bubagezeho, nari nifuje tu kubatera censi ngo mbabwire ko gasore nagarutse mu murwa wacu mwiza wa Keji Eli!, ubu hagiye gukurikiraho kongera gushitura izo nasize mpowesheje ubundi dutigite wangu… dukorere imbere tutazamamara ! .
Ewana, nizere ko mwese mumeze fuleshi, nari mbakumbuye kandi nabapenda sana, ndagaruka veri suni mbagezaho udustori nzaba maze gutohoza hapa ndani ya Keji Eli !.
AMAHORO BANYWANYI BA KIGALI TODAY, NDASHKA KUVUGA KU BYIIRO BY’UBUDEHE;Sindi umunyeshuri ariko nabasabaga ko makora ubuvugizi ku byiciro by’ubudehe kuko mu mashuri bracana utaka,muri V.U.P(Vision Umurenge Program)ho ni amagasa nkaho ari muri Ruhago,ariko hari uwagize ati hari ibintu bimbabaza binambabaza cyane,nanjye nti umwana wabo banze kumushyira mubazarihirwa ubwose bashyize mo nde? imbuto turi kubiba izasarurw?
callixte yanditse ku itariki ya: 1-10-2013
Urakaza neza iwacu...welcome back munywanyi...turakwemera!