• General (Rtd) James Kabarebe yarahiriye kujya mu Nteko ya EALA

    Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga (MINAFFET), General (Rtd) James Kabarebe, yarahiriye kwinjira mu Nteko y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EALA).



  • Guverinoma ya Mali yimuye amatora kubera ibibazo bya tekiniki

    Mali: Amatora ya Perezida yari ateganyijwe muri Gashyantare 2024 yimuwe

    Umuvugizi wa Guverinoma ya Mali, yatangaje ko amatora ya Perezida wa Repubulika yari ateganyijwe muri icyo gihugu muri Gashyantare umwaka utaha wa 2024, yimuwe kubera ibibazo bya tekiniki bifite aho bihuriye n’itorwa ry’itegeko nshinga rishya, ryatowe binyuze mu matora ya Referendum yo ku itariki 18 Kamena (...)



  • Perezida Paul Kagame asanga nta mpamvu yo kudakora ibyo Abanyarwanda bashaka mu gihe bamufitiye icyizere

    Perezida Kagame yemeje ko ari Umukandida mu matora azaba mu 2024

    Perezida Paul Kagame yatangaje ko aziyamamaza mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2024 kugira ngo akomeze gukorera abaturage b’u Rwanda igihe cyose babishaka.



  • Ikibazo ntikiri hagati yanjye na Tshisekedi, kiri hagati ya Tshisekedi na M23 - Perezida Kagame

    Mu kiganiro cyihariye Perezida Kagame yagiranye n’Ikinyamakuru Jeune Afrique, Umukuru w’Igihugu yasubije ibibazo yabajijwe ku ngingo zitandukanye harimo ibireba u Rwanda by’umwihariko, ibijyanye n’imibanire yarwo n’ibindi bihugu byo mu Karere ndetse n’ibivuga ku Mugabane wa Afurika muri (...)



  • Bahanye ibiganza nyuma yo gushyira umukono ku masezerano

    U Rwanda na Cuba byasinyanye amasezerano y’ubufatanye

    Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta, tariki ya 14 Nzeri 2023 yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Cuba Bruno Rodríguez ndetse bashyira umukono ku masezerano y’imikoranire irebana no gusangira ubumenyi n’amakuru mu bya Politiki hagati y’ibihugu byombi, hanasinywa amasezerano y’ikurwaho rya (...)



  • Perezida Kagame yanejejwe no gusubira muri Cuba nyuma y’imyaka 36

    Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yatangaje ko atewe ibyishimo no gusubira muri Cuba nyuma y’imyaka 36, aho yaherukaga mu masomo ya gisirikare, akaba asanga ari umwanya wo kwiyibutsa ibihe yagiriye muri icyo gihugu kiri hagati ya Amerika y’Amajyaruguru n’iy’Amajyepfo.



Izindi nkuru: Amakuru - kanda hano ...
Izindi nkuru: Amateka y’isi - kanda hano ...
Izindi nkuru: