Umwana w’umwaka umwe aratwite

Abaganga bo mu gihugu cy’u Bushinwa batunguwe no gusuzuma umwana witwa Mengru Kang ufite umwaka umwe bagasanga atwite.

Mengru Kang abyimba inda buri munsi.
Mengru Kang abyimba inda buri munsi.

Uwo mwana yaje kujyanwa kwa muganga nyuma yaho inda ye yari yaratumbye ku buryo bukabije. Nyuma yo gukorerwa ibizamini binyuranye ndetse no gucishwa mu cyuma, abaganga basanze atwite umwana ndetse ngo kuri ubu atangiye kugenda akura.

Mengru Kang n'ababyeyi be.
Mengru Kang n’ababyeyi be.

Ikindi nuko uwo mwana yaba atwite impanga kandi ashobora kuba yabagwa kugirango ubuzima bwe butazajya mu kangaratete; nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru The Telegraph.

Ernestine Musanabera

Ibitekerezo   ( 31 )

Eka sigaho ivyo ntibibaho, yirwariye utuyoka two munda twamusinzikaj.

NIKUZE Melchiade yanditse ku itariki ya: 24-10-2012  →  Musubize

When the mother of this child was pregnant, she had 2 foetuses inside her. But one of the foetus grew inside the other, this why this girl was born with the other foetus inside her womb and this can be scientifically proven. and this happens atleast once in every 500,000 pregnancies and if detected earlier, the foetus is removed before it matures.

the scientist yanditse ku itariki ya: 24-10-2012  →  Musubize

Iyi nkuru mubanze muyitohoze neza kuko ibi ntabwo bishoboka! Birashoboka ko byatangajwe mu rwenya rw’ikinya-gihumbi, umunyamakuru akabyandukura nkaho ari inkuru y’ibiriho.

Murakoze

Sanifu yanditse ku itariki ya: 24-10-2012  →  Musubize

nukuri biratangaje gusa turabasaba ko mwadushakira amakuru ahagije kuriyo nkururu turifuza kumenya uko byagendekeye uwo mwana kugirango atwite.

iradukunda samson yanditse ku itariki ya: 24-10-2012  →  Musubize

Ariko njye ndumva iyi nkuru mutayinononsoye. None se ni kwa kundi bibera mu nda? Ni uwamusambanyije se arayimutera? NI ibiki? Mudushakire amakuru yuzuye

Madudu yanditse ku itariki ya: 24-10-2012  →  Musubize

Birakaze pe!!
None se ubwo abo bana bakuriramo? Ni bakore avortement hakirikare, si non hataklare ubuzima bwa abantu batatu.

kak yanditse ku itariki ya: 23-10-2012  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka