Ntibisanzwe: Umupira waturikiye mu kibuga mu mukino wahuje Kiyovu na Sunrise

Mu mukino w’umupira w’amaguru wabaye ku cyumweru tariki 13 Ukwakira 2019 ugahuza Kiyovu sports na Sunrise habayemo agashya kuko umupira barimo bakina waturitse urameneka.

Abakinnyi Regis wa Sunrise na Odielo wa Kiyovu bahurije ku mupira bawuterera rimwe uhita umeneka.

Uwo mukino warangiye ikipe ya Kiyovu sports iwutsinze aho yabonye igitego ku munota wa 89 gitsinzwe na Nizeyimana Jean Claude bakunda kwita Rutsiro, umukino urangira utyo ku ntsinzi ya Kiyovu y’igitego 1 - 0

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

Ni comedy ndakubwiye muduhe video twisekere...

Diddo yanditse ku itariki ya: 16-12-2019  →  Musubize

Muge mudyha inkuru zifatika ngumupira watukiye kukibuga nkubu koko iyi ninkura yayaaya ndabashimiye

Aman djuma yanditse ku itariki ya: 19-10-2019  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka