Isirayeli: Bakoresha inzoka muri massage
Isosiyete ishinzwe ubuzima n’ubwiza bw’abantu ibarizwa mu majyaruguru ya Isirayeli iri gutanga serivise nshya ku bakiriya bayo, aho ikoresha inzoka mu gukorera abantu massage.

Nyiri iyi sosiyete witwa Ada Barak yatangaje ko inzoka akoresha nta bumara zigira kandi nta kintu na kimwe zishobora gutwara uwo zirimo gukorera massage.
Akoresha inzoka nini muri massage y’igihe kirekire (deep massage) naho inzoka nto azikoresha muri massage y’igihe gito.


Ada ngo yavumbuye akamaro k’inzoka mu kumasa abantu nyuma yaho aretse abantu ngo bazikoreho.
Ernestine Musanabera
Ibitekerezo ( 11 )
Ohereza igitekerezo
|
uwomwana bamutwale mukigo cyagisirikale
isi irashaje
isirayeri Iramutswa Inde! Iyonzoka Iri Muri Isirayeri Kotuzi Ko Isiraye Ari Umugwa Wabizera! Yaratewe?
hahahaha!!! nakumiro kabisa ubuse nkaba bemera zikabajyahobo?
SHA NTI BI SHOBOKA
biratangaje ,mbese namayobera.
Tokaa shawtan!!!!!
ubuse abanyarwanda iyi service izabageraho ryari kandiko bayikeye nubwo ntari unuvugizi wayo
IMANA IBIRINDE ABANYARWANDA
toka dayimoni, ziriya nzoka ntabwo zankoraho rwose.
Ibi byo ni akumiro!