Habonetse umuntu mugufi kurenza abandi ku isi

Guinness World Records yemeje ko umugabo witwa M. Chandra Bahadur Dangi ariwe muntu mugufi cyane ku isi kuko afite uburebure bwa santimetero 53 n’ibiro 12.

Chandra Bahadur Dangi asimbuye kuri uyu mwanya umunya Philippines, Junrey Balawing wavutse tariki 12/06/1993, akaba afite uburebure bwa santimetero 59,93.

Umugore wa mbere mugufi ku isi ni Jyoti Amge ukomoka mu gihugu cy’Ubuhinde akaba afite uburebure bwa santimetero 62,8 cm. Yavutse tariki 16/12/1993.

Uko abantu bagufi ku isi ubu barutana
Uko abantu bagufi ku isi ubu barutana

Ernestine Musanabera

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 5 )

nategereje ibinyejana ukobyasimburanye nsanga isi igenda itsikamira ibiremwa uhereye kumubyeyi ukubyara usanga ahenshi hagenda hagaraga itandukaniro
Ari jye ntekereza uretse ubumuga bw’ingingo,ubufi s’inenge.kuko ahazaza hazaboneka abarimunsi yacu.

vedaste yanditse ku itariki ya: 20-11-2019  →  Musubize

Ni danger narinzi kwaringe gusa:D

Buranje yanditse ku itariki ya: 2-02-2017  →  Musubize

NIBYIZA KWISHIMIRA UKO YESU YAKUREMYE. AMINA

DANIEL yanditse ku itariki ya: 24-06-2017  →  Musubize

YIHANGAN VYABAYE KUMUGAMBI W’IMANA

King Iron yanditse ku itariki ya: 7-10-2016  →  Musubize

Niyihangane Ntakundi

Peter yanditse ku itariki ya: 7-02-2014  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka