Mu ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 20,abakinnyi 12 bamaze gukurwamo nyuma yo gusuzuma ibyangombwa byabo
Kuri iki cyumweru taliki ya 03/04/2016 nibwo Rayon Sports izakora inama y’inteko rusange ndetse n’amatora y’umuryango wa Rayon Sports
Ikipe y’igihugu y’umukino w’amagare yageze i Kigali ivuye muri ALgeria aho yanegukanye rimwe mu masiganwa agize Grand tour d’Algerie
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yigaranzuye ibirwa bya Maurice byari yitsinze 1-0 mu mukino ubanza,ibinyagira ibitego 5-0.
Nk’uko byatangajwe n’abashinzwe gutegura umukino uzahuza Amavubi na Mauritius kuri uyu wa kabiri,kwinjira byagizwe ubuntu
Ikipe y’igihugu Amavubi ntiyabashije kwikura imbere ya Mauritius yari imbere y’abafana bayo
Kuri Stade Anjalay yo mu birwa bya Maurice,Amavubi yakoze imyitozo ya nyuma ,maze McKinstry na Kapiteni Haruna batangaza ko hari icyizere cyo kwegukana amanota atatu.
Ikipe y’igihugu Amavubi yageze mu birwa bya Maurice mu rukererera rwo kuri uyu wa gatanu,aho igomba gukina n’iki gihugu kuri uyu wa Gatandatu
Mu rutonde rw’abakinnyi 18 berekeza mu birwa bya Maurice gukina umukino uzaba kuri uyu wa gatandatu,umutoza McKinstry yakoze impinduka benshi batari biteze
Mu isiganwa mpuzamahanga ku maguru rizabera i Kigali taliki ya 22/05/2016,sosiyete ya MTN yatanze inkunga ya Milioni 69 z’amanyarwanda
Ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere ikipe y’igihugu y’umukino w’amagare nibwo yageze i Kanombe izanye umwanya wa gatatu yatsindiye muri Tour du Cameroun
Kuri uyu wa mbere kuri Stade Amahoro nibwo Amavubi yatangiye imyitozo yo kwitegura umikino uzayihuza n’Ibirwa bya Maurice kuri uyu wa Gatandatu
Umutoza Kayiranga Baptista w’ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 20 yamaze gutangaza abakinnyi 26 bazakurwamo abazifashishwa ku mukino wa Uganda
Mu marushwanwa yateguwe na Shooting touch,Ubumwe BBC niyo yegukanye igikombe itsinze APR BBC 72-49 mu mukino wabereye Petit Stade
Umunyarwanda Hakuzimana Camera yasoje isiganwa ryari rimaze icyumweru rizenguruka Cameroun ari ku mwanya wa 3
Mu mukino utari witabiriwe cyane nk’uko byari bimaze iminsi bigenda,APR yatsinze Rayon Sports amaseti 3-0 muri Shampiona ya Volleyball mu mukino wabereye Petit Stade Amahoro
APR na Police zari zihagarariye u Rwanda mu marushanwa y’amakipe yitwaye neza mu bihugu byayo,zamaze gusezererwa kuri uyu wa Gatandatu
Ikipe ya Rayon Sports iraye ku mwanya wa mbere ku rutonde rw’agateganyo nyuma yo gutsinda Amagaju ibitego 2-0 mu mukino wabereye i Nyamagabe
Kuri uyu wa Gatanu tariki 18 Werurwe, ikipe ya Rayon Sports yerekeje i Nyamagabe gukina n’Amagaju mu mukino wari wasubitswe, aho iramutse iwutsinze yarara ku mwanya wa mbere
Mu mukino wa mbere w’igikombe cy’isi cy’abafite ubumuga kiri kubera mu Bushinwa muri Volleyball,u Rwanda rwatsinzwe na USA amaseti atatu ku busa
Kuri uyu wa gatatu nibwo umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi yatangaje urutonde rw’abakinnyi 26 bazatoranywamo abazerekeza mu Birwa bya Maurice
Mu rwego rwo kwitegura igikombe cy’isi cya Volleyball y’abafite ubumuga,ikipe y’u Rwanda yatsinze Misiri,itsindwa na Slovenia mu Bushinwa ahazabera irushanwa
Ikipe ya Yanga yo muri Tanzania yatsinze APR Fc ibitego 2-1 mu mukino wabereye kuri Stade Amahoro kuri uyu wa Gatandatu,byongerera Yanga amahirwe yo gukomeza muri 1/8
Mu mikino ihuza ibigo bya gisirikare mu Rwanda yasojwe kuri uyu wa Gatanu,Diviziyo ya mbere niyo yegukanye igikombe itsinze ikipe ya Air Force kuri Penaliti
Ibiciro byo kwinjira ku mukino uzahuza APR Fc na Yanga kuri uyu wa Gatandatu byatangajwe,aho amake azaba ari amafaranga 1000
Ikipe ya Yanga yo muri Tanzania mu myitozo ya mbere yakoreye i Kigali,yitabiriwe n’abafana benshi ku kibuga cy’imyitozo cya Ferwafa
Mu rwego rwo kwitegura umukino uzahuza APR Fc na Yanga ya Tanzania kuri uyu wa Gatandatu,umutoza Nizar Kanfir ari gukoresha imyitozo kuri Stade izaberaho uwo mukino
Abakinnyi ba Yanga Afrikans yo muri Tanzania bageze i Kigali aho baje gukina na APR Fc kuri uyu wa Gatandatu muri CAF Champions league
Mu isiganwa rizwi ku izina rya Grand Prix de la Ville d’Oran, Umunyarwanda Areruya Joseph yaje ku mwanya wa kabiri, inyuma ya VAITKUS Tomas ukinira i Dubai
Imvura idasanzwe yaguye hafi igihugu cyose isubitse umukino wagombaga guhuza Amagaju na Rayon Sports kuri Stade Nyagisenyi i Nyamagabe