Ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda ryatangaje abakinnyi batandatu bazahagararira u Rwanda mu irushanwa rizatangira ku wa 4-28/03/2016 muri Algeria.
Ikipe ya Republika iharanira Demokarasi ya Congo itsinze Mali, ihita inakora amateka ko ari yo kipe itwaye CHAN inshuro ebyiri kuva yatangira muri 2009
Ku ntsinzi y’ibitego 2-1,ikipe ya Côte d’Ivoire ni yo yegukanye umwanya wa gatatu w’irushanwa rya CHAN itsinze Guinea
Ikipe ya Mali nyuma yo gutsinda Côte d’Ivoire igitego 1-0,niyo izahatanira na Congo igikombe cya CHAN kuri iki cyumweru taliki ya 07/02/2016
Ikipe ya Congo ibaye iya mbere igera ku mukino wa nyuma wa CHAN 2016,itsinze Guinea Penaliti 5-4 nyuma yo kunganya 1-1 mu mukino wabereye kuri Stade Amahoro kuri uyu wa gatatu
Kuri uyu wa Gatatu kuri Stade Amahoro nibwo hamenyekana ikipe ya mbere izakina umukino wa nyuma,ubwo DR Congo na Guinea ziza guhatana muri 1/2
Mu gihe cy’imikino ya CHAN, imikino yagiye yitabirwa n’abantu benshi kurusha kuri sitade Huye ni iyari irimo ikipe ya Congo.
Republika iharanira Demokarasi ya Congo itsinze Amavubi ibitego 2-1,ihita iyisezera muri 1/4 cy’imikino ya CHAN mu mukino wabereye kuri Stade Amahoro kuri uyu wa gatandatu
Perezida Kagame yibukije Ikipe y’Igihugu y’Umupira w’Amaguru, Amavubi, ko mu marushanwa irimo ya CHAN 2016 ihagarariye Abanyarwanda bose bityo ko igomba kwitwara neza.
Ikipe y’igihugu ya Uganda yasezerewe mu majonjora y’amatsinda nyuma yo kunganya na Zimbabwe 1-1 mu mukino wabereye i Rubavu kuri uyu wa gatatu
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwiseguye ku bashatse amatike yo kwinjira mu mikino ya CHAN akayabura kubera uburiganya bw’abashaka kunguka menshi.
Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru ya Maroc yari yitabiriye CHAN yasuye urwibutso rwaa Jenoside yakorewe abatutsi rwa Gisozi mbere y’uko basubira muri Maroc
Ikipe ya Congo nyuma yo gutsindwa na Cameroun bigatuma irangiza ari iya mu itsinda B,igiye guhura n’Amavubi aya mbere mu itsinda A mu mukino uzaba taliki ya 30/01/2016 kuri Stade Amahoro
Mu mikino ya nyuma y’itsinda rya mbere,u Rwanda rwanyagiwe na Maroc 4-1 kuri Stade Amahoro,naho Cote d’Ivoire inyagira Gabon 4-1 kuri Stade Huye
Ku gitego kimwe cyatsinzwe na Christopher Katongo ku munota wa 41 w’umukino ,Zambia yaje guhita ibina itike yerekeza muri 1/4 cy’irangiza,mu gihe Uganda izategereza umukino wa nyuma w’itsinda
Nyuma yo gutsindwa igitego 1-0 na Mali,Zimbabwe ikurikiye Angola mu makipe amaze gusezerwa mu matsinda mu mikino ya CHAN
Mu mukino wari witabiriwe n’abafana benshi,Patriotes yihereranye Espoir iyitsinda amanota 77 kuri 65 mu mukino wari unogeye ijisho kuri Petit Stade Amahoro
Ikipe y’igihugu ya Nigeria n’iya Tuniziya zinaniwe kwisobanura mu mukino wa kabiri w’itsinda rya gatatu mu mukino wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo
Ikipe ya DR Congo nyuma yo kwihererana Angola ikayitsinda 4-2 mu mukino wabereye kuri Stade Huye,Congo nayo yakatishije itike ya ¼ Angola yo irasezererwa
Nyuma yo gutsinda Gabon ibitego 2-1, byose byatsinzwe na Sugira Ernest, Amavubi y’u Rwanda yabaye ikipe ya mbere ibonye itike yo kwerekeza muri 1/4 cya CHAN.
Mu mikino y’umunsi wa mbere mu itsinda D,Ghana yanganije na Mali 2-2,maze Zambia yatsinze 1-0 ihita iyobora itsinda
Kuri uyu wa kabiri kuri Stade ya Kicukiro,Amavubi yahakomereje imyitozo yo kwitegura umukino ubahuza na Gabon kuri uyu wa Gatatu kuri Stade Amahoro
Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo inyagiye EthiopiaIbitego 3-0 ku mukino wa mbere w’itsinda rya Kabiri wabereye kuri Stade Huye kuri iki cyumweru
Imbere ya Perezida wa Republika y’u Rwanda,Amavubi atsinze Côte d’Ivoire igitego 1 ku busa cyatsinzwe na Emery Bayisenge kuri Coup Franc
Kuri uyu wa gatanu ahagana ku i Saa sita n’iminota 20 nibwo ikipe y’igihugu ya Nigeria Super Eagles yari imaze gusesekara Kanombe I Kigali
Ku cyumweru taliki ya 10/01/2016,kuri Stade Umuganda habereye umukino wahuje Amavubi na RD Congo,umukino witabiriwe cyane
Nyuma yo kunganya na Cameroun igitego kimwe kuri kimwe,Amavubi yaje gutsinda Congo igitego 1-0 mu mukino wabereye i Rubavu
Mu mukino wa mbere wa gicuti wahuje Amavubi na Cameroun,amakipe yombi anganije 1-1 mu mukino wabereye i Rubavu
Amavubi y’u Rwanda arakina umukino wa gicuti na Cameroun,Didier Gomes Da Rosa watoje mu Rwanda no muri Ca,eroun yatangaje ko aya makipe ashobora kunganya
Mu ijoro ryo kuri iki cyumweru nibwo ikipe y’igihugu ya Cameroun yageze mu Rwanda aho ije gukina umukino wa gicuti n’Amavubi kuri uyu wa gatatu