Ikipe ya Rwanda Revenue authority irasabwa gutsinda umukino umwe ikerekeza muri 1/4 mu gikombe cy’Afurika kiri kubera muri Tunisia
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’abatarengeje imyaka 20 isezerewe n’iya Uganda nyuma yo kuyitsinda ibitego 2-1 mu mukino wabereye Namboole Stadium muri Uganda
Nyuma y’uko amakipe azakina igikombe cy’Afurika cya Volleyball mu bagore ashyiriwe mu matsinda,ikipe ya Rwanda Revenue irakina umukino wa mbere kuri uyu wa gatandatu
Zimwe mu mbuga za internet z’amakipe y’icyiciro cya mbere mu Rwanda, ziracyagaragaramo amakosa no kudatangira amakuru ku gihe.
Ikipe ya Rayon Sports kuri Stade ya Kigali inganyije na AS Kigali,maze APR yatsinze Mukura 2-1 ihita isubira ku mwanya wa mbere
Nyuma y’aho Ombolenga Fitina atsindiye igitego ikipe ya Espoir mu mukino wabereye kuri uyu wa kabiri kuri Stade Mumena,Nyina umubyara yatangaje ko bamubagira ihene mu rwego rwo kumushimira
Kuri Stade Mumena Kiyovu yatsinze Espoir igitego 1-0,maze i Muhanga ikipe yaho itsinda Amagaju 4-1 ari nayo ntsinzi ya mbere muri Shampiona
Ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 20 yasubukuye imyitozo aho yitegura gukina na Uganda,gusa ntirabona umukino wayifasha kuyitegura
Shampiona y’abagore mu mukino wa Handball y’umwaka wa 2016 igiye gukinirwa mu mazone bitewe n’ibice by’igihugu amakipe aherereyemo
Mbere y’uko ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 20 ingayije na Uganda mu mukino ubanza,umutoza wayo yongeye mo abakinnyi 2 mbere yo gukina umukino wo kwishyura uzabera Uganda kuri uyu wa gatandatu
Ikipe ya Rayon Sports nyuma yo gutsinda ikipe ya Marines ibitego 3-0 mu mukino wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo kuri iki cyumweru,yaje guhita ismbura APR Fc ku mwanya wa mbere
Kuri iki cyumweru Shampiona y’icyiciro cya mbere irakomeza,aho Rayon Sports na Mukura zitsinze zaca kuri APR Fc iyoboye urutonde rw’agateganyo
Ku munsi wa mbere w’imikino yo kwishyura,APR Fc yatsinzwe na Etincelles igitego 1-0 mu mukino wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo
Muri tombola ya 1/2 cya Europa league na Champions league yabaye kuri uyu wa gatanu,amakipe yo mu Bwongereza yatomboranye n’ayo muri Espagne
Ikipe y’igihugu y’umukino wa Cricket yerekeje muri Afurika y’epfo,yibukijwe n’umunyamabanga uhoraho muri Minispoc ko bahagarariye abanyarwanda bose
Mu gihe Abanyarwanda bibuka ku nshuro ya 22 Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994, Ikipe ya Mukura VS yashyize ahagaragara abanyamuryango bayo bazize iyi jenoside.
Mu mukino w’ikirarane utari warabereye igihe,APR Fc yatsinze AS Kigali ibitego kuri kimwe mu mukino wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo
Kuri uyu wa gatatu nibwo hakinwa imikino ibiri ya nyuma y’ibirarane isoza imikino ibanza muri Shampiona y’cyiciro cya mbere u Rwanda
Ikipe y’igihugu y’umukino w’amagare yatumiwe mu irushanwa rizabera muri Colombia mu kwezi kwa gatandatu uyu mwaka
Mu mikino ya Shampiona itari yarakiniwe igihe yabaye kuri iki cyumweru,APR yanganyije na Marines,mu gihe Police Fc yatsinze AS Kigali
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda n’iya Uganda z’abatarengeje imyaka 20 zanganije igitego 1-1 mu mukino ubanza wabereye kuri Stade ya Kigali kuri uyu wa gatandatu
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda n’iya Uganda z’abatarenegeje imyaka 20 zirahurira mu mukino ubanza kubera i nyamirambo kuri uyu wa gatandatu
Mu ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 20,abakinnyi 12 bamaze gukurwamo nyuma yo gusuzuma ibyangombwa byabo
Kuri iki cyumweru taliki ya 03/04/2016 nibwo Rayon Sports izakora inama y’inteko rusange ndetse n’amatora y’umuryango wa Rayon Sports
Ikipe y’igihugu y’umukino w’amagare yageze i Kigali ivuye muri ALgeria aho yanegukanye rimwe mu masiganwa agize Grand tour d’Algerie
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yigaranzuye ibirwa bya Maurice byari yitsinze 1-0 mu mukino ubanza,ibinyagira ibitego 5-0.
Nk’uko byatangajwe n’abashinzwe gutegura umukino uzahuza Amavubi na Mauritius kuri uyu wa kabiri,kwinjira byagizwe ubuntu
Ikipe y’igihugu Amavubi ntiyabashije kwikura imbere ya Mauritius yari imbere y’abafana bayo
Kuri Stade Anjalay yo mu birwa bya Maurice,Amavubi yakoze imyitozo ya nyuma ,maze McKinstry na Kapiteni Haruna batangaza ko hari icyizere cyo kwegukana amanota atatu.
Ikipe y’igihugu Amavubi yageze mu birwa bya Maurice mu rukererera rwo kuri uyu wa gatanu,aho igomba gukina n’iki gihugu kuri uyu wa Gatandatu