Uko ibikorwa bya AERG na GAERG byakozwe - AMAFOTO

Kuri uyu wa gatandatu tariki 12 Werurwe 2016, imiryango AERG na GAERG yakomeje ibikorwa byo kwitegura kwibuka ku nshuro ya 22. ibikorwa bakoze birimo gusukura urwibutso za Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 rwa Jabana no gufasha umwe mu bacitse ku icumu utishoboye.

Dore uko byari byifashe mu mafoto:

Mu Murenge wa Jabana mu Karere Gasabo ibikorwa by'urubyiruko rugize AERG na GAERG byaranzwe no gukora amasuku ku rwibutso.
Mu Murenge wa Jabana mu Karere Gasabo ibikorwa by’urubyiruko rugize AERG na GAERG byaranzwe no gukora amasuku ku rwibutso.
Bunamiye abashyinguye muri uru rwibutso.
Bunamiye abashyinguye muri uru rwibutso.
Bakoze n'igikorwa cyo kubakira uwacitse ku icumu utishoboye akarima k'igikoni.
Bakoze n’igikorwa cyo kubakira uwacitse ku icumu utishoboye akarima k’igikoni.
Banamwubakiye inzu nshya. Aha bari bamaze gukora fondasiyo yaho igomba kubakwa.
Banamwubakiye inzu nshya. Aha bari bamaze gukora fondasiyo yaho igomba kubakwa.
Bakoz n'umuhanda.
Bakoz n’umuhanda.
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka