Perezida Kagame na Magufuli bacanye urumuri rw’icyizere - AMAFOTO

Kuri uyu wa kane tariki 7 Mata 2016, U Rwanda rwatangiye iminsi irindwi y’icyunamo, aho ku nshuro ya 22 hibukwa Abatutsi bazize Jenoside yabakorewe mu 1994.

Ni umuhango witabiriwe na Perezida w’u Rwanda Paul Kagame na Perezida wa Tanzania, Pombe Magufuli waje kwifatanya n’Abanyarwanda muri ibi bihe bikomeye barimo.

KUREBA ANDI MAFOTO MENSHI KANDA AHA

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 6 )

turashima peresida Makufuri ubwitange yagize mukwifanyan atwe muribibihe byakabaro

-N P yanditse ku itariki ya: 8-04-2016  →  Musubize

Kigalitoday musigaye mukaze ku mafoto, muri kurikira..

nn yanditse ku itariki ya: 8-04-2016  →  Musubize

Hari abantu barimo bisekera, wagirango ntibazi aho bagiye n’ikibajyanye!!!!!!!!

rukara yanditse ku itariki ya: 8-04-2016  →  Musubize

ni byiza kubona abaturanyi baza kudufata Mu mugongo

lamert yanditse ku itariki ya: 8-04-2016  →  Musubize

ni byiza kubona abaturanyi baza kudufata Mu mugongo

lamert yanditse ku itariki ya: 8-04-2016  →  Musubize

Urubyiruko twibuke ariko twifatanya nabndi mubiganro kugirango tunenye ibyukuri aho kumva ibisenya igihugu cya ndangije mvafata mmugongo,mwese abazize,jenocide

Mpagaritswenimana Angelouis yanditse ku itariki ya: 8-04-2016  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka