Reba AMAFOTO 103 yaranze isozwa rya Primus Guma Guma ku nshuro ya gatandatu

Irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star ku nshuro ya gatandatu ryari rimaze amezi atatu rihatanirwa n’abahanzi 10 b’Abanyarwanda, ryashyize rigera ku musozo, aho ryegukanywe n’itsinda ‘Urban Boys’ kuri uyu wa Gatandatu, tariki 13 Kanama 2016.

Itsinda rya Urban Boys ni ryo ryegukanye irushanwa rya Primus Guma Guma ku nshuro ya gatandatu.
Itsinda rya Urban Boys ni ryo ryegukanye irushanwa rya Primus Guma Guma ku nshuro ya gatandatu.

Byari ibirori bikomeye kuri Stade Amahoro i Remera, aho abahanzi batandukanye ndetse n’imbaga y’abafana bari bakubise buzuye kugira ngo birebere uza kwegukana iri rushanwa rikomeye muri muzika y’u Rwanda.

Umunyamakuru ufotora wa Kigali Today yabafatiye amafoto 103 abaha ishusho rusange y’uko iri rushanwa ryasojwe.

Ihere ijisho:

Nyuma yo kwegukana igikombe, Urban Boys igomba guhabwa miliyoni 24Frw.
Nyuma yo kwegukana igikombe, Urban Boys igomba guhabwa miliyoni 24Frw.

Amafoto: Plaisir Muzogeye/Kigali Today.

Kanda HANO urebe andi mafoto menshi.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 5 )

erega tuzabivuga kwarabambere namwemwiyahure

uwamahoro yanditse ku itariki ya: 24-05-2017  →  Musubize

ereganubundi murabikwiye ibyizankibyo kukonta nuwomubirwanirarwosepe nje mbonaarintawe kukonimwe mubikwibye nimwe muduhibgyiza

uwamahoro yanditse ku itariki ya: 24-05-2017  →  Musubize

arban boys oyeee!! nanjye ndabemerara kiriya gikombe mwarimugikwiye pee!

Ibalinde Nadine yanditse ku itariki ya: 2-09-2016  →  Musubize

arban ya kwiriye gutwara guma guma

kwizera theogene yanditse ku itariki ya: 30-08-2016  →  Musubize

ni umukunzi wa muzika nyarwanda arko final ya pgss 6 hari stage yatarutswe kandi ko tumenyereye ko uwegukanye irushanwa ahabwa igihembo nuwaritwaye wamubanjirije kandi byatumaga ikirori gishyuha kuki bitabaye kandi ari byiza

MUTARUTINYA ABDRAZIZ yanditse ku itariki ya: 14-08-2016  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka