Nsengiyumva François uzwi nka ‘Igisupusupu’ yafunzwe na RIB

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafunze umuhanzi Nsengiyumva François wamenyekanye kw’izina rya Gisupusupu, kubera indirimbo yamumenyekanishije.

Uwo muhanzi akurikiranyweho ibyaha 2, ari byo gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka 13 ndetse n’icyaha cyo gukoresha umwana imirimo ivunanye, aho yamukoreshaga nk’umukozi wo murugo, nk’uko byatangajwe n’umuvugizi wa RIB, Dr Murangira B. Thierry.

Icyo cyaha cyo gusambanya umwana biravugwa ko yagikoze ku ya 18 Kamena 2021 mu Karere ka Gatsibo, Umurenge wa Kiziguro, Akagari ka Rubona, Umudugudu wa Rubaya. Ubu afungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Kiramuruzi.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 14 )

Yewe agombaguha nwa byintangarugero niba aribyokoko.

Ngamije yanditse ku itariki ya: 11-08-2021  →  Musubize

Ariko se ko yarabonye asoza ibihano bye yariyarakatiwe kubera ibyaha bya Genocide,none asubiye guhangira mu buroko koko?nibimuhama abiryozwe rwose,nta soni agira umwana koko!?iyo agura indaya se?igicucu gusa

OM yanditse ku itariki ya: 6-08-2021  →  Musubize

ariko se akagakara gwira nyirimyaku imbwa ziramwo nera ubuyarabu ze ikiraya yaha a mafaranga koko kugeza aho yafa ta akanakungufu ubu agiyekurya imya ka yuburezi gusa niyihangane tuzamuha inkunga yokuzamugemurira ariko nindirimboze zirabisa

kabano jmv yanditse ku itariki ya: 4-08-2021  →  Musubize

Ivyo ya koze na mahano rib nimukurikirane bamukatire urumukwiye.

Samuel niyonkuru yanditse ku itariki ya: 26-07-2021  →  Musubize

Rib ntimukuricyirane ahanwe nkuko bikwiye naband barebereho ubundi amagambo yavugaga mundirimboze nago yari kuza muhira urugero nkaho yavuze ngo umwana aryundi kumuntu wumusaza kweri. ibaze nawe?

Nshimiyimana isaac yanditse ku itariki ya: 26-07-2021  →  Musubize

Duhora dukangurirea numutoza wacu w’ ikirenga His Excellency Paul Kagame kwiyubakira u Rwanda twifuza duharanira kwigira dusigasira nibyagezweho! None se ko igihugu ari abantu none abantu bakuze bakaba barimo bangiza abana Kandi aribo Rwanda rw’ejo harya ubwo igihugu kirubakwa?! Nukureba icyakorwa ninzego zibishinzwe Kandi burimunyarwanda Akaba ijisho rya mugenzi we nahubundi. Abana nurubyiruko bamerewe nabi cyane naho bitabayibyo ntaho twaba tuganisha igihugu cyacu uretse kucyisenyera.murakoze

Dukundimana Elisabeth yanditse ku itariki ya: 15-07-2021  →  Musubize

Ohhhhh rwose ibyo namahano umuntu wumusaza nubundi yaratangiye kwihindura ntibyari buzamuhire

Oscar dushimimana yanditse ku itariki ya: 5-07-2021  →  Musubize

Bamukanire urumukwiye niba aribyo

Emmanuel Manirakiza yanditse ku itariki ya: 3-07-2021  →  Musubize

Ntakundi sha ubwo ugiye guhangira muburoko ibyisi ni amabanga!!

Munyengabe j.de Dieu yanditse ku itariki ya: 2-07-2021  →  Musubize

noneho ubuzima bwe buhindutse isupu supu

mugune yanditse ku itariki ya: 2-07-2021  →  Musubize

noneho ubuzima bwe buhindutse isupu supu

mugune yanditse ku itariki ya: 2-07-2021  →  Musubize

nukuri nimbaribyo ahanwenamategeko abishizwe

ngendonziza eric yanditse ku itariki ya: 1-07-2021  →  Musubize
  • 1
  • 2

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka