10 bahatanira Guma Guma baremeye inshike

Ubuyobozi bwa Bralirwa bufatanyije na EAP bajyanye abahanzi 10 bahatana mu irushanwa rya Guma Guma Primus Super Star 6, mu Karere ka Kayonza, aho basuye bakanagabira incike za Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.

Dore amwe mu mafoto yaranze iki gikorwa:

KUREBA ANDI MAFOTO MENSHI Y’IGIKORWA KANDA AHA

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

urban ndabakunda ark nabuze ukonababona kurukuta rwanyu rwa facebook uruzi yarubwira kd murakoze kubwicyogikorwa cyiza mukoze.

turabashimiye yanditse ku itariki ya: 15-05-2016  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka