AMAFOTO 20 y’ubukwe bwa Clement na Knowles utabonye

Kuri iki cyumweru tariki 7 Kanama 2016, nibwo Clement Ishimwe usanzwe utunganya umuziki yambikanye impeta n’umuhanzikazi Knowles Butera, mu bukwe bwari bwitezwe na benshi.

Twabatoranyirije amafoto 20 agaragaza uko ubu bukwe bwagenze:

Akanyamunezaneza kagaragaraga ku isura yabo.
Akanyamunezaneza kagaragaraga ku isura yabo.
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 106 )

Clement urugo rwiza

Radjab Ntakirutimana yanditse ku itariki ya: 30-10-2016  →  Musubize

Ubukwe bwanyu nibwiza imana ibane namwe

karinda yanditse ku itariki ya: 30-10-2016  →  Musubize

knowelesswe uwomusore rwose mwarimuberanyepee!none imana izabibafashemo.

Rugira fredelic yanditse ku itariki ya: 29-10-2016  →  Musubize

yemwe baraberewe kabisa!!!

Rodrigue yanditse ku itariki ya: 27-10-2016  →  Musubize

knowles ndagukunda cyanepe kwifurije urugo ruhire nkunda indirimbo yawe yitwa baramushaka nizindi zose zawe

Philemon yanditse ku itariki ya: 9-10-2016  →  Musubize

walahhhh ibintu ni sawa cyane knowless ndakwemera cyaneeeeee clement urugo rwawe ruzahirwe

mugisha sacha hyvonne yanditse ku itariki ya: 29-09-2016  →  Musubize

Knowless na clemant ndabakunda, mbona knowless azi ubwenge cyane clemant nawe nuko,lmana ikomeze iyobore urugo rwanyu.

Ange yanditse ku itariki ya: 23-09-2016  →  Musubize

Eeeee Yewe Clema We, uzi guhitamo pee! twese tubifurije urugo ruhire,muzabyare hungu na kobwa.. knowles we ndakwemera cyane! Imana ibane namwe.

Ibalinde Nadine yanditse ku itariki ya: 2-09-2016  →  Musubize

NORE.URUGORWIZ A ARIKO.NTUZAREKE.INDIRIMBO NGO URE KEGUHANGA

BOSCO yanditse ku itariki ya: 31-08-2016  →  Musubize

Knowles nawe clemant, mwagize ubukwe bwiza kdi tubifurije kuzagira urugo rwiza rugendwa n’abantu kdi Imana izabe murugo rwanyu !

Tuyishime jean D’amour yanditse ku itariki ya: 23-08-2016  →  Musubize

Very nice pics!

Thacien yanditse ku itariki ya: 19-08-2016  →  Musubize

Muraberanye rwose! Urugo ruhire, Muzabyare muheke

Thacien yanditse ku itariki ya: 19-08-2016  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka