AMAFOTO 20 y’ubukwe bwa Clement na Knowles utabonye

Kuri iki cyumweru tariki 7 Kanama 2016, nibwo Clement Ishimwe usanzwe utunganya umuziki yambikanye impeta n’umuhanzikazi Knowles Butera, mu bukwe bwari bwitezwe na benshi.

Twabatoranyirije amafoto 20 agaragaza uko ubu bukwe bwagenze:

Akanyamunezaneza kagaragaraga ku isura yabo.
Akanyamunezaneza kagaragaraga ku isura yabo.
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 106 )

What did you expect from someone who lied to you. How did you feel after being disappointed by someone whom you did not expect thet he or she would do that bad thins to you

Sandrine yanditse ku itariki ya: 16-12-2021  →  Musubize

uwiteka akomeze abarinde aho murihose

niyibikora j paul yanditse ku itariki ya: 9-10-2020  →  Musubize

Knowless mil ri ndsgukunds kd nkwifurije urug

Ngendahayo yanditse ku itariki ya: 28-11-2019  →  Musubize

Knowless mil ri ndsgukunds kd nkwifurije urug

Ngendahayo yanditse ku itariki ya: 28-11-2019  →  Musubize

Knowless mil ri ndsgukunds kd nkwifurije urug

Ngendahayo yanditse ku itariki ya: 28-11-2019  →  Musubize

Mbifurij urugoruhire kd rukunda iman nabantu bayo muraberanye cyanerwose dorek muhuje ninyiny kbs ndabakunda cyane byagerakubihangan bikaba akaruk Nice marriage

Alias yanditse ku itariki ya: 16-08-2019  →  Musubize

byizcyn kbx

KWIZERISEZERANO Tabita yanditse ku itariki ya: 10-07-2019  →  Musubize

Uwiteka azabane namwe kdi ndabakunda cyn kbx

KWIZERISEZERANO Tabita yanditse ku itariki ya: 10-07-2019  →  Musubize

imana izobarinde mubuzima bwanyu

FURAHA MAMIQUE yanditse ku itariki ya: 24-06-2019  →  Musubize

muzabyarehungunakobwa

hitimana yanditse ku itariki ya: 19-05-2019  →  Musubize

urugo Rwiza bavandimwe dukunda cyane

alias yanditse ku itariki ya: 8-02-2019  →  Musubize

igitekerezo cyange ubukwe bwaknowress bwarancimishije cyane pe

denyse yanditse ku itariki ya: 18-01-2019  →  Musubize

DEVOTHA urugorwiza bavandi

qween light sun devota yanditse ku itariki ya: 11-03-2019  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka