Umuririmbyi wo muri leta zunze ubumwe z’Amerika uririmba mu njyana ya rap witwa Snoop Dogg ku wagatanu tariki ya 14 Ukwakira 2011 yahagaritswe umwanya munini ku mupaka w’igihugu cya Norvege polisi yo ku biro by’abashinzwe abinjira n’abasohoka amwangiye kwinjira mu gihugu bitewe n’amafaranga menshi yagendanye.
Urubuga rwa internet rwo muri Amerika USweekly.com rwanditse kuri uyu wa gatanu ko rwabonye amakuru avuga ko Ne-Yo, umwanditsi w’indirimbo akaba n’umuririmbyi mu gihugu cy’amerika kuri uyu wa mbere tariki ya 10 Ukwakira 2011 yagize umwana we wa kabiri mu gihe kitarenze umwaka. Umuhanzi Shaffer Chimere Smith uzwi cyane ku (…)