• P.Diddy yicaye hasi. Hejuru ni imodoka yarimo.

    Umuraperi P. Diddy yakoze impanuka

    Umuhanzi P. Diddy wo muri Amerika yakoze impanuka tariki 24/10/2012 imodoka ye yo mu bwoko bwa Cadillac Escalade yagonganye n’indi modoka yo mu bwoko bwa Lexus RX irangirika cyane.



  • The Rolling Stones bamaze imyaka 50 bari kumwe.

    Rolling Stones baritegura kwizihiza isabukuru y’imyaka 50

    Abagize orchestre yitwa The Rolling Stones yo mu Bwongereza kuri uyu wa kane tariki 25/10/2012 barakora igitaramo kigufi gitegura isabukuru y’imyaka 50 bamaze bari kumwe. Igitaramo cyirabera i Paris mu bufaransa, kwinjira ni amadolari 19 y’amerika.



  • Sylvia Kristel yitabye Imana ku myaka 60 y’amavuko

    Umkinnyi wa filime, Sylvia Kristel, wamenyekanye cyane ku izina rya Emmanuelle yitabye Imana mu ijoro rishyira tariki 18/10/2012 ku myaka 60 y’amavuko azize indwara ya kanseri yo mu muhogo.



  • Jay-Z na Beyonce kuri stage baririmbanye indirimbo yabo yitwa ‘Crazy In Love

    Bwa mbere Jay-Z yaririmbanye na Beyonce muri concert

    Muri weekend ishize icyamamare mu njyana ya Hip Hop Jay-Z yakoreye concert y’akataraboneka ahitwa Barclays Center muri Leta ya New York ari kumwe n’umugore we Beyonce



  • Chris Brown yashwanye ku mugaragaro na Karrueche Tran.

    Chris Brown yabyukije umubano na Rihanna

    Chris Brown n’uwo bari bamaze iminsi bakundana Karrueche Tran bamaze iminsi batameranye neza nyuma yo kumenya ko Brown yabyukuje umubano na Rihanna.



  • Kanye West asigaye acuditse na Kim Kardashian.

    Kanye West yareze imbuga za internet zirimo kwerekana video ye akora imibonano mpuzabitsina

    Kanye West yareze imbuga za internet urubuga rwa AllHipHop.com ndetse n’izindi zitandukanye avuga ko yavogerewe mu buzima bwe zerekana umuhanzi Kanye West arimo gukora imibonano mpuzabitsina n’umukobwa bahoze bacuditse.



  • Shakira n

    Shakira agiye kubyarana umwana na Gerard Piqué

    Akoresheje Twitter na Facebook, tariki 19/09/2012, umuhanzi mpuzamahanga Shakira yatangaje ko ari hafi kubyara umwana wa mbere wa Gerard Piqué, umukinnyi wa Barcelone.



  • Jennifer Lopez ku mwanya wa mbere w’urutonde rw’ibyamamare

    Umuririmbyikazi Jennifer Lopez aza imbere ku rutonde rw’icyamamare ku isi; nk’uko byatangajwe n’ikinyamakuru Forbes cyo muri Amerika.



  • Snoop yahagaritswe ku mupaka azira kugendana amafaranga menshi

    Umuririmbyi wo muri leta zunze ubumwe z’Amerika uririmba mu njyana ya rap witwa Snoop Dogg ku wagatanu tariki ya 14 Ukwakira 2011 yahagaritswe umwanya munini ku mupaka w’igihugu cya Norvege polisi yo ku biro by’abashinzwe abinjira n’abasohoka amwangiye kwinjira mu gihugu bitewe n’amafaranga menshi yagendanye.



  • Ne-Yo agize umwana wa kabiri mu gihe kitarenze umwaka

    Urubuga rwa internet rwo muri Amerika USweekly.com rwanditse kuri uyu wa gatanu ko rwabonye amakuru avuga ko Ne-Yo, umwanditsi w’indirimbo akaba n’umuririmbyi mu gihugu cy’amerika kuri uyu wa mbere tariki ya 10 Ukwakira 2011 yagize umwana we wa kabiri mu gihe kitarenze umwaka. Umuhanzi Shaffer Chimere Smith uzwi cyane ku (...)



Izindi nkuru: