• Igiti cy

    Menya amateka yo Ku Mana y’Uburunga

    Inyito z’amazina y’ahantu mu bice bitandukanye by’igihugu usanga zishingiye ahanini ku mateka yaharanze mu bihe byo hambere ndetse kubera ayo mateka ugasanga imyaka yose uko yagiye itambuka ayo mazina atarahindutse bitewe n’amateka habumbatiye.



  • Ibiro by

    Menya amateka y’Isoko rya Rukira ryacururizwagamo abacakara mu bihe by’Abakoroni

    Nk’uko Kigali Today igenda ibakusanyiriza ahantu habumbatiye amateka atandukanye yabegeranyirije ayo ku Isoko rya Rukira ryacururizwagamo abacakara babaga bafashwe bunyago bakajyanwa gucuruzwa mu bihugu by’Abaturanyi.



  • Ahahoze ikiraro cy

    Menya amateka y’ahitwa ku cya Rudahigwa

    Nk’uko Kigali Today ikomeza kubakusanyiriza amateka y’ahantu hatandukanye hafite amateka yihariye mu bihe byo hambere, yabegeranyirije n’amateka yo ‘Ku cya Rudahigwa’ mu Karere ka Nyagatare.



  • Menya Amateka y’Akarwa k’Abakobwa

    Akarwa k’Abakobwa gaherereye mu kiyaga cya Kivu hagati kakaba gafite amateka yihare mu Rwanda rwo hambere kubera imiziro n’imiziririzo yarangaga Abanyarwanda.



  • Itongo rya Nyirabiyoro aho yahoze atuye

    Inteko y’umuco yashyize Itongo rya Nyirabiyoro mu hantu ndangamateka

    Nyirabiyoro yari atuye mu birwa biri mu Kiyaga cy’Ihema, ahitwa mu Mazinga. Kigeri III Ndabarasa ajya gutera Umubari abaho barabimenye, umwami waho atuma kuri Ndagara ya Ruhinda wategekaga Karagwe amusaba kuzahisha Nyirabiyoro ndetse n’umwana we kugira ngo ingabo za Ndabarasa zitabica.



  • Kiriziya ya Zaza yubatswe mu 1961, hano yarimo isanwa muri 2016 (Foto Inteko y

    Menya amateka ya Zaza

    Mu rwego rwo gukomeza kumenya amwe mu mateka yaranze igihugu cy’u Rwanda Kigali Today igenda ibagezaho amateka y’ahantu hatandukanye mu bihe byo ha mbere.



  • Incamake ku bayoboye u Rwanda kuva 1973 - 1994 (Igice cya kabiri)

    Mu gice cyabanje twababwiye abaperezida babiri bayoboye u Rwanda, none tugarutse kubabwira abandi babakurikiye. Nyuma ya Gregoire Kayibanda wabaye perezida wa repubulika ya mbere, igice cya kabiri cy’iyi nkuru kiribanda kuri Juvenal Habyarimana wabaye perezida muri repubulika ya kabiri kuva mu 1973 kugeza apfuye yishwe mu (...)



  • Inzu y

    Urwibutso rw’amateka yaranze Umutware Karyabwite wategekaga Ububeruka

    Mu Rwanda rwo hambere ku ngoma z’Abami, u Rwanda rwari rugabanyije mu cyiswe Teritwari (Intara) icumi, aho zagendaga ziyongera uko rwagendaga rwagurwa.



  • Menya amateka y’Igishanga cy’Urugezi

    Igishanga cy’Urugezi giherereye mu Karere ka Burera, ahahoze ari agace k’u Buberuka kari gakikijwe na Ndorwa, kagahana imbibi n’ u Rukiga ndetse n’u Bufumbira byombi ubu biherereye mu gihugu cya Uganda.



  • Sobanukirwa amateka y’Abakemba b’i Munyaga

    Abakemba wari umutwe w’Ingabo wari ushinzwe kunyaga cyangwa kugaruza inka, ukaba warayoborwaga na Semihari wari umugaba mukuru w’Abakemba, bakitwa Abakemba bo kwa Semihari.



  • Menya Huro, igicumbi cy’amateka y’umuganura mu Rwanda

    Umusozi wa Huro uherereye mu Mudugudu wa Rubona, Akagari ka Huro, Umurenge wa Muhondo, Akarere ka Gakenke, Intara y’Amajyaruguru. Ni mu karere kera kahoze ari u Bumbogo.



  • Ahari ikigabiro cy

    Amateka yo ku Macukiro

    Ntawavuga amateka yo ku Macukiro adahereye ku ya Nyamirundi muri rusange kuko ariho ku Macukiro haherereye. Nyamirundi ni umwigimbakirwa mugari uri mu kiyaga cya Kivu, mu cyahoze ari Kinyaga ahitwaga mu Mpara. Ubu ni mu murenge wa Nyabitekeri, mu karere ka Nyamasheke, mu ntara y’Iburengerazuba.



  • Menya amateka y’Umwaduko wa kawa mu Rwanda

    Amateka avuga uko igihingwa cya kawa cyatangiye guhingwa mu Rwanda yanditswe n’Ikigo cy’Ubuyapani Gishinzwe Ububanyi n’Amahanga « Japan International Cooperation Agency ‘JICA’ mu nyandiko yacyo ‘The socio-economic impact of Rwandan indigenous coffee variety (Bourbon Mibirizi)”.



  • Ahari igiti cy

    Menya amateka y’ahitwa ‘Ku Mugina w’Imvuzo’

    Nk’uko Kigali Today igenda ibagezaho amateka y’ibice bitanukanye byo hirya no hino mu Gihugu, kuri iyi nshuro yabakusanyirije amateka y’ahitwa Ku Mugina w’Imvuzo.



  • Mu Gahunga k

    Menya Amateka y’ahitwa mu Gahunga k’Abarashi bakunze kwita ku Karugigana

    Mu Gahunga ni mu Karere ka Burera, Umurenge wa Gahunga, Akagari ka Kidakama, Umudugudu wa Mubuga, mu nkengero z’ikirunga cya Muhabura, Intara y’Amajyaruguru, ahahoze hitwa mu Murera.



  • Aho bavubiraga imvura

    Amateka y’ahifashishwaga mu kuvuba imvura mu bihe byo hambere

    Hirya no hino mu Rwanda hari ahantu havugwa mu mateka y’Igihugu, kubera impamvu zitandukanye, harimo n’ahavubirwaga imvura ikagwa.



  • Karitsiye Mateus, agace kari mu Mujyi wa Kigali rwagati

    Menya inkomoko y’izina ‘Karitsiye Mateus’

    Iyo uvuze Karitsiye Mateus buri muntu utuye mu Mujyi wa Kigali ndetse n’abacuruzi benshi bo mu Ntara, bahita bamenya ko ari mu mujyi rwagati mu gace gakorerwamo ubucuruzi bw’ibintu bitandukanye.



  • Mukoto mu Karere ka Rulindo

    Menya inkomoko y’ahitwa ‘Mukoto’ muri Rulindo

    Inyito z’ahantu hatandukanye mu Rwanda zigenda zifite inkomoko, ndetse ahenshi usanga haritiriwe ibikorwa byahakorewe bidasanzwe, aho hantu hakaba hakibumbatiye ayo mateka ndetse abantu bo mu bihe bya kera ugasanga bayibuka.



  • Mu Miko y

    Menya inkomoko y’izina ‘Mu Miko y’Abakobwa’

    Imiko y’Abakobwa iherereye mu Ntara y’Iburengerazuba, Akarere ka Ngororero, Umurenge wa Kageyo, Akagari ka Mukore, Umudugudu wa Rusenyi. Iri ku musozi wa Kageyo hepfo y’ahahoze ingoro y’Umwami Kigeri IV Rwabugiri. Uturutse aho ku Mukore wa Rwabugiri ni muri kilometero imwe na metero 355 ukurikiye umuhanda werekeza ku (...)



  • Na n

    Menya inkomoko y’ahitwa mu ‘Tubindi twa Rubona’ muri Gatsibo

    Utubindi twa Rubona turi mu cyahoze ari Ubuganza hafi ya Kiramuruzi. Aho duherereye ubu ni mu Mudugudu wa Tubindi, Akagari ka Rubona, Umurenge wa Kiziguro mu Karere ka Gatsibo kari mu Ntara y’Iburasirazuba. Utu tubindi ngo twafukuwe n’umwami Ruganzu II Ndori, ari kumwe n’ingabo ze.



  • Baden Powell

    Bimwe mu byaranze ubuzima bwa Baden-Powell washinze umuryango w’aba Scout

    Tariki 22 Gashyantare buri mwaka, ni umunsi umuryango w’aba Scout ku Isi hose uzirikana itariki y’amavuko ya Lt. Gen. Baden-Powell, watangije uyu muryango mu myaka isaga 148 ishize.



  • Ahari igiti cy

    Rubengera: Ku ‘Mana y’Abagore’ hashyizwe uburyo bwo kubungabunga amateka yaho

    Mu rwego rwo kubungabunga amateka y’ahahoze igiti kizwi nk’Imana y’Abagore mu Murenge wa Rubengera, mu Karere ka Karongi, hashyizwe ishusho iriho icyo giti, mu rwego rwo kubungabunga ayo mateka.



  • Barashakisha ubwato bwasizwe n

    Barashakisha ubwato bwasizwe n’Abadage mu Kivu mu ntambara ya mbere y’Isi

    Ibihugu by’u Rwanda n’u Budage birimo gushakisha ubwato bwaroshywe mu Kiyaga cya Kivu, mu Ntambara ya Mbere y’Isi.



  • Ishusho ya Yezu Nyirimpuhwe i Nyarushishi muri Kibeho yahazanywe n

    Menya amateka y’Ishusho ya Yezu Nyirimpuhwe iri i Nyarushishi muri Kibeho

    Mu gihe uruzinduko rwa Perezida wa Pologne arusoreza i Kibeho, kuri uyu wa 8 Gashyantare 2024, hari abibaza ibikorwa Kibeho ikesha iki gihugu. Kimwe muri byo ni ishusho nini cyane ya Yezu Nyirimpuhwe yazanwe n’Abanyapolonye iri ahitwa i Nyarushishi, hirya y’Ingoro ya Bikira Mariya, ikigo irimo, ‘Micity Cana’ na cyo kikaba (...)



  • Ahitwa Nyirarukobwa ubu hubatse ishuri ryanahawe iryo zina

    Menya amateka y’inkomoko y’izina Nyirarukobwa

    Nk’uko Kigali Today igenda ibagezaho inkomoko y’inyito z’amazina y’ahantu hatandukanye, yabakusanyirije amateka y’inkomoko y’izina Nyirarukobwa, agace ko mu Murenge wa Ntarama mu Karere ka Bugesera.



  • Musenyeri Kagame nk

    Basanga Musenyeri Kagame nk’umushakashatsi n’umwanditsi yarasirimuye u Rwanda

    Kuba Musenyeri Alexis Kagame yarasirimuye u Rwanda ni kimwe mu byagaragajwe, ubwo tariki 20 Ukuboza 2023 yibukwaga n’abo mu muryango we ku bufatanye na Kiliziya Gatolika.



  • Anathalie Mukamazimpaka yasabwe na Bikira Mariya kuguma i Kibeho

    Ubutumwa bwa Bikira Mariya i Kibeho bwagenewe Isi yose - Anathalie wabonekewe

    Anathalie Mukamazimpaka, umwe mu babonekewe na Bikira Mariya i Kibeho, avuga ko ubutumwa bwahawe ababonekewe butagenewe abatuye i Kibeho cyangwa mu Rwanda gusa, ahubwo ko bwagenewe abatuye Isi bose.



  • Mu Rukari i Nyanza

    Menya amwe mu mateka y’Urukari, umusozi watuweho n’Umwami Rudahigwa

    Umusozi w’Urukari uherereye mu Mudugudu wa Rukari mu Kagari ka Rwesero, Umurenge wa Busasamana mu Karere ka Nyanza mu Ntara y’Amajyepfo, ubu ukaba uriho Ingoro z’Abami hakaba n’urugo rw’Umwami Mutara wa III Rudahigwa Charles Léon Pierre, watwaye u Rwanda kuva mu 1931 kugeza mu 1959.



  • Dore bamwe mu banditsi b’Abanyafurika Isi izahora yizihiza

    Ku mugabane wa Afurika ukungahaye mu runyuranyurane rw’imico n’amoko, ntibitangaje kubona ko n’ubuvanganzo buhakomoka, nabwo bufite ubukungu bw’uruhurirane bushingiye kuri uwo mutungo ndangamuco tugenda duhererekanya tubikesheje ibitabo, imyandiko, inkuru n’imivugo byasizwe n’abanditsi b’Abanyafurika.



  • Musenyeri Kagame Alexis

    Twaganiriye n’abo ku ivuko rya Musenyeri Kagame Alexis

    Musenyeri Alexis Kagame ni umwe mu bahanga ntagereranywa u Rwanda rwagize, cyane cyane mu bijyanye n’amateka, ubusizi, ubuvanganzo no mu mitekerereze ya muntu.



Izindi nkuru: