
Tubane James nyuma yo gusinya muri AS Kigali
Nk’uko bitangazwa n’ikipe ya AS Kigali myugariro wakiniraga ikipe ya Rayon Sports ari we James Tubane, yamaze gusinyira ikipe ya AS Kigali imyaka ibiri, akaba ari nayo yari yaravuyemo ubwo yerekezaga mu ikipe ya Rayon Sports.

Yamaze gusinya imyaka ibiri muri AS Kigali

Tubane James witwaye neza mu myaka ibiri yakiniye Rayon Sports

Tubane James (wambaye ubusa hejuru) yishimira ibitego 4-0 batsinze APR uyu mwaka
Tubane James wafashije ikipe ya Rayon Sports kwegukana igikombe cy’Amahoro cy’uyu mwaka, agiye muri AS Kigali aho azaba ahanganiye umwanya na Nshutiyamagara Ismail Kodo,Kayumba Soter ndetse na Bishira Latif.
National Football League
Ohereza igitekerezo
|