Abinyujije ku rubuga nkoranyambaga rwa Twitter na Facebook, Gakwaya Olivier Umunyamabanga mukuru wa Rayon Sports yerekanye imyenda iyi kipe izajya ikinana iri ku kibuga cyayo ndetse n’igihe izaba yasuye.
Amafoto

Umwambaro izajya ikinana yakiriye umukino (Home Kit)

Uwo izajya ikinana yasuye (Away Kit)

Uku ni ko Rayon Sports yambaraga iri iwayo umwaka ushize w’imikino
Usibye kandi abakinnyi bazajya bambara iyi myenda, abafana nabo ngo izabasha kubageraho ndetse kandi ikazaba imeze nk’iyi abakinnyi bazajya bakinana nk’uko n’ubundi Gakwaya Olivier yakomeje kubyizeza abafana abinyujije ku mbuga nkoranyambaga.
National Football League
Ohereza igitekerezo
|
MWAZATUBABARIYE,MUKAZATWOHEREZAIMYENDA,YARAYOO,INYANZA,CYANGWAMUMIRENGE,TUKAJYATUYIFANADUFITE,IKIRANGANTEGO,MURAKOZE,GIKUNDIRO,YACUTUYIRINYUMA,
GIKUNDIRO OYEEE!
NTITUZAGUTERERANA TUKURI INYUMA TWESE.
GIKUNDIRO OYEEE! TUKURI INYUMA TWESE KANDI NTITUZAGUTERERANA.
RAYON SPORT OYE. TUKURI INYUMA TWESEEEE!
Ariko mwashatse ukuntu mutugezaho iyo myenda muntara zacu mukareba uburyo iyo myenda tuyigura koko?
bravo Rayon natwe mu nt
ara izatugereho byihuse twiteguye kuyigura
Oye gasenyi yacu turagushyigikiyepe Ambara tubahe
mbega ikosora!!! ngahose kiyoni aka gikona nagaragaze iye tuyirebe!!!! erega ikipe ni gikundiro !!!!
Nibyiza Ark Nizereko Nabafana Bomuntara Natwe Izatugeraho Murakoze.
Alias Onze
Iyi gahunda yo kugeza kubafana imyenda equipe yabo yambara ni nziza cyane ariko muzashake n’ibindi bintu byacuruzwa kuburyo byafasha equipe kwitunga.
Equipe ifite fana base yambere mu gihugu niyagakwiriye kugira ibibazo byo kwitunga nkibyo Rayon -Sports ihoramo.
Murakoze
Mbegango Birarushaho Kuba Byiza Amakosora Aracyaza Pe. Buyobozi Bwacu Mukomerezaho,,,!!!!