
Rwatubyaye yitabiriye imyitozo ya Rayon Sports
Ni imyitozo yabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo yitabirwa n’abafana benshi ba Rayon Sports, bari bafite amatsiko yo kubona uyu mukinnyi wahoze muri APR Fc mu mwambaro wa Rayon Sports.
Amafoto



Mbere y’imyitozo yasabye imbabazi abafana ba Rayon Sports bari baramubuze


Rwatubyaye Abdul na Yves Rwigema bavanye muri APR Fc

Rwatubyaye yitegereza ubwinshi bw’abafana ba Rayon Sports

Tidiana Kone (wambaye umukara), rutahizamu uturutse muri Mali, nawe yakoze imyitozo ye ya mbere muri Rayon Sports

Abafana bareba Rwatubyaye

Abafana binjiraga bishyuye kugira ngo barebe imyitozo
National Football League
Ibitekerezo ( 21 )
Ohereza igitekerezo
|
Bakunzi ba ruhago mukurikirana uru rubuga yego mu mikino yanyu nubwo muri ba mukeba ndavuga Rayon Sport na A.P.R bafana ntabwo mwakagombye guta indangagaciro nyarwanda y’ubupfura;ubworoherane n’ubwubahane kugeza aho bamwe batandukira kariya kageni n’amagambo asa nk’asevanya atungura uyumvise ndetse atubaka Ruhago yacu nyarwanda.
Murakoze kumva neza umuganda ntanze kuri izi comment ntanze.
Mubeho.Imana ibandindire muri uyu mwaka tukirimo mu intangiriro
Uko biri kose APR niyo yatwara ibikombe byose bikinirwa ku isi ntiyarusha RAYON SPORT abakunzi. Mutware ibyo bikombe ariko ntimuzarusha Rayon sport abafans.
Uko biri kose APR niyo yatwara ibikombe byose bikinirwa ku isi ntiyarusha RAYON SPORT abakunzi. Mutware ibyo bikombe ariko ntimuzarusha Rayon sport abafans.
Umwana utazabaho nubwo wamuhata Inshyushyu,Nido,Celelac ntacyo bimara, uwo rwatubyaye nubwo wazana abafana bameze ate ntaho azagera.... Yves we ndabona ashobora kuba akirutse Macinya
Nange ndabyemeye ikipe nimwe.
Rwatubyaye nashakaga manager!!
Rayon Sport utagukunda azangwe n isi.
Rayon irakunzwe nuko itsindwa na APR ikindi kibabaje APR izabatwara igikombe cya championat.
Rayonsport Fc, tera imbere.