Abakiniye Amavubi batanze ibyifuzo birindwi bumva byafasha iterambere ry’umupira

Ishyirahamwe ry’abahoze bakinira Amavubi bagaragaje ibyifuzo birindwi bafata nk’ingenzi mu guteza imbere umupira w’amaguru mu Rwanda

Nyuma y’aho mu minsi yashize ishyirahamwe ry’abahoze bakinira Amavubi ryandikiye Minisiteri ya Siporo na Ferwafa babagaragariza ibyifuzo byabo ku mupira w’amaguru w’u Rwanda, ubu bongeye gutanga ibindi byifuzo birindwi babona byafasha iterambere ry’umupira w’amaguru mu Rwanda.

Abahoze bakinira Amavubi bamaze iminsi bagaragaza ibyifuzo byabo ku iterambere rya siporo
Abahoze bakinira Amavubi bamaze iminsi bagaragaza ibyifuzo byabo ku iterambere rya siporo

Ibyo byifuzo batanze babinyujije ku rubuga rwabo rwa Twitter birimo:

1. Kongera ibibuga by’imyitozo
2. Gutegura umupira w’ibanze mu bato
3. Gushyira ubunyamwuga mu miyoborere
4. Gutanga amahugurwa ku bakora mu mupira
5. Gushyiraho uburyo bwigenga mu gutegura amarushanwa
6. Kwiga ku buryo bushya bwo gukorana n’abikorera
7. Gushyigikira no gushaka abafatanyabikorwa

Ibyifuzo birindwi bya FAPA mu buryo burambuye

National Football League

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Nibyiza kotwahera mubakiribato kugirango duhanire ibikombe nyafurika murakoze mugire ibihebyiza tw r covd .19

Alias yanditse ku itariki ya: 24-02-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka