Abakiniye Amavubi bandikiye Minisiteri ya Siporo bayereka ibyifuzo byabo

Abahoze bakinira Amavubi nyuma yo gushinga ishyirahamwe ribahuza, bandikiye ibaruwa ifunguye Minisiteri ya Siporo bayereka ibyifuzo bigamije iterambere ry’umupira w’amaguru.

Nyuma yo gushinga ishyirahamwe rihuriza hamwe abahoze bakinira ikipe y’igihugu Amavubi (abagabo n’abagore), abagize iri shyirahamwe (FAPA= Former Amavubi Players’ Association) bandikiye ibaruwa Ministeri ya Siporo bayigezaho bimwe mu byifuzo byabo.

Abakiniye Amavubi bandikiye Minisiteri ya Siporo bayereka ibyifuzo byabo
Abakiniye Amavubi bandikiye Minisiteri ya Siporo bayereka ibyifuzo byabo

Bimwe mu byo bifuza, ni uko inzego zirebwa n’iterambere ry’umupira w’amaguru zategura uburyo bw’ibiganiro bugamije kwiga iterambere ry’umupira w’amaguru, banasaba ko banahabwa umwanya mu gushyira mu bikorwa iterambere ry’umupira w’amaguru mu Rwanda.

Ibaruwa irambuye “FAPA” yandikiye Minisiteri ya Siporo

Jimmy Gatete ari mu bashyize umukono kuri iyi baruwa
Jimmy Gatete ari mu bashyize umukono kuri iyi baruwa
Nyakwigendera Ndikumana Hamad Katauti, Munyaneza Ashiraf Kadubiri, Karekezi Olivier na Eric Nshimiyimana ubwo bari muri Studios za KT Radio muri 2016
Nyakwigendera Ndikumana Hamad Katauti, Munyaneza Ashiraf Kadubiri, Karekezi Olivier na Eric Nshimiyimana ubwo bari muri Studios za KT Radio muri 2016
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka