Ikipe y’igihugu y’u Rwanda nyuma y’iminsi ikorera imyitozo kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, kuri uyu wa mbere yakomereje imyitozo yayo kuri Stade Amahoro, aho ku bakinnyi bakina imbere mu Rwanda hiyongereyeho Mugiraneza Jean Baptiste ukinira Azam yo muri Tanzania, na Sugira Ernest ukinira AS Vita Club yo muri DR Congo.
Abandi bakinnyi bakina hanze nabo barimo Haruna Niyonzima ukinira Yanga yo muri Tanzania, na Tuyisenge Jacques ukinira Gor Mahia yo muri Kenya nabo baraye bageze mu Rwanda bakaza gutangira imyitozo kuri uyu wa Kabiri.
Amafoto y’uko imyitozo yari imeze

Sugira Ernest mu myitozo

Danny Usengimana wigaragaje neza mu myitozo yo kuri uyu wa Mbere

Sugira ..

Mugiraaneza Jean Baptiste ukinira Azam


Migy, umwe mu bafite ubunararibonye muri iyi kipe


Migy na Rugwiro Herve inyuma ye


Perezida wa Ferwafa, n’abakozi ba Minispoc bari basue iyi kipe

Jimmy Mulisa, Umutoza mukuru w’agateganyo

Perezida wa Ferwafa Nzamwita Vincent na Mashami Vincent umutoza wungirije

Hakizimana Muhadjili wambaye 14, ubu asigaye akinira APR Fc

Manzi Thierry wa Rayon Sports
National Football League
Ohereza igitekerezo
|