Kwirukanwa k’uyu mugabo ngo byabaye kuri uyu wa kabiri, tariki 22/04/2014 ku kibuga Manchester United yitorezaho, nyuma y’inama yari imaze guhuza abayobozi b’ikipe; nk’uko tubikesha BBC.
Moyes w’imyaka 50 y’amavuko yari yaratoranyijwe na Ferguson ubwe ngo amusimbure umwaka ushize, ubwo yasezeraga ku gutoza Manchester United yatoje imyaka 26.

Uwari umutoza wa Manchester United, David Moyes.
Mu gihe batarabona undi umusimbura, Manchester United yavuze ko umutoza wayo Ryan Giggs usanzwe ari n’umukinnyi, agiye kuba amusimbuye by’agateganyo. David Moyes ngo azize kuba nta musaruro arimo gutanga.
GASANA Marcellin
National Football League
Ohereza igitekerezo
|