Kuri uyu wa kabiri ku bibuga bitatu byo mu Rwanda haraza gukinwa imikino itatu y’umunsi wa 23 wa Shampiona, aho umukino utegerejwe cyane uza guhuza APR Fc na Gicumbi kuri STade ya Kigali ku i Saa Cyenda n’igice.
Imikino y’umunsi wa 23 wa Shampiona iteganyijwe
Taliki 10-5-2016
Musanze-Marines (Nyakinama-15h30)
Rwamagana-Sunrise (Rwamagana-15h30)
APR FC-Gicumbi FC (Nyamirambo-15h30)
Taliki 11-05-2016
Espoir FC-Etincelles FC (Rusizi-15h30)
Amagaju FC-AS Kigali (Nyamagabe-15h30)
Police FC-AS Muhanga (Kicukiro-15h30)
Kiyovu-Mukura (Mumena-15h30)
Bugesera-Rayon Sports (Nyamirambo-15h30)
Abakinnyi batemerewe gukina iyi mikino kubera amakarita
1. Maombi Jean Pierre (Musanze Fc)
2. Twizeyimana Martin (SC Kiyovu)
3. Uwimana Jean d’Amour (SC Kiyovu)
4. Shyaka Regis (Mukura VS)
National Football League
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Ndashaka Kwiga Karate