Shampiona irakomeza, abakinnyi bane ntibemerewe gukina

Shampiona y’icyiciro cya mbere irakomeza kuri uyu wa kabiri hakinwa imikino y’umunsi wa 23 wa Shampiona, aho abakinnyi bane bahagritswe kubera amakarita

Kuri uyu wa kabiri ku bibuga bitatu byo mu Rwanda haraza gukinwa imikino itatu y’umunsi wa 23 wa Shampiona, aho umukino utegerejwe cyane uza guhuza APR Fc na Gicumbi kuri STade ya Kigali ku i Saa Cyenda n’igice.

Imikino y’umunsi wa 23 wa Shampiona iteganyijwe

Taliki 10-5-2016

Musanze-Marines (Nyakinama-15h30)
Rwamagana-Sunrise (Rwamagana-15h30)
APR FC-Gicumbi FC (Nyamirambo-15h30)

Taliki 11-05-2016

Espoir FC-Etincelles FC (Rusizi-15h30)
Amagaju FC-AS Kigali (Nyamagabe-15h30)
Police FC-AS Muhanga (Kicukiro-15h30)
Kiyovu-Mukura (Mumena-15h30)
Bugesera-Rayon Sports (Nyamirambo-15h30)

Abakinnyi batemerewe gukina iyi mikino kubera amakarita

1. Maombi Jean Pierre (Musanze Fc)
2. Twizeyimana Martin (SC Kiyovu)
3. Uwimana Jean d’Amour (SC Kiyovu)
4. Shyaka Regis (Mukura VS)

National Football League

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Ndashaka Kwiga Karate

NIYONKURU ETIENNE yanditse ku itariki ya: 11-05-2016  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka