Ku munsi wa mbere w’imikno Olempike mu mupira w’amaguru by’umwihariko mu bagore, ikipe y’igihugu y’u Bwongereza yatsinze ikipe ya Chile ibitego 2-0, mu mukino wasifuwe n’umunyarwandakazi Salma Mukansanga.

Salima Mukansanga ni we wari uyoboye uyu mukino

Mukansanga Salima wigeze no gusifura imikino y’igikombe cy’Isi cy’abagore akaba ari nawe munyarwandakazi wari ukoze ayo mateka, yakoze andi mateka kuko ari we munyarwandakazi wa mbere usifuye imikino Olempike
National Football League
Ohereza igitekerezo
|
Wow,uwo mumyarwandakazi Salma ndamwishimiye cyane rwose kdi Imana ikomeze imuhe gukomera bityo Urwanda rukomeze rwandike amateka mumpande zose z,Isi.