
Nyuma y’iminsi yari ishize ikipe ya Rayon Sports itagira ibiro bihoraho, ubu iyo kipe yamaze kugaragaza ibiro bishya.
Mu minsi ishize ubwo Urwego rw’Igihugu rw’imiyoborere (RGB) rwakuragaho komite nyobozi ya Rayon Sports, mu byo bwayinenze harimo no kutagira aho ikorera.
Mu muhango w’Ihererekanyabubasha, Murenzi Abdallah uyoboye Rayon Sports yari yatangaje ko bitarenze ukwezi bagomba kuzaba bafite aho bakorera hazwi.






National Football League
Ohereza igitekerezo
|