
By’umwihariko Abanyarwanda bishimye kubera amasezerano iyi kipe isanzwe ifitanye n’u Rwanda mu kwamamaza ubukangurambaga bwa Visit Rwanda bugamije kumenyekanisha igihugu cy’u Rwanda ndetse no gushishikariza abanyamahanga gusura u Rwanda.
Aba ni bamwe mu batangarije Kigali Today uko bakiriye kuza kwa Messi muri Paris Saint-Germain.
National Football League
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Twishimiye kuba messi aje muri PSG byumwihariko njyewe nafanaga messi neymar ndetse na mbape none bagiye hamwe FC B ngiye kuyivaho nigire kuri PSG urumva namata yabyaye amavuta MBAMENE yubahwee!! Izabamena kokoo!!
Abafana ba MESSI ubu turi shi mye cyane ko azarya yambara vizirt rwanda