Ni mu gihe amakipe ya Rayon Sport ndetse na APR FC yo yatsinze igitego 1-0 kuri buri ruhande. Ikipe ya APR yatsinze Musanze 1-0 naho Rayon Sport itsinda Amagaju 1-0.

Andi makipe yabashije gutsinda ni Espoir yatsinze Mukura 1-0, AS Kigali itsinda Sunrise 1-0, Police nayo ibasha gutsinda Gicumbi FC 1-0. Etincelles n’Isonga FC byo byatangiye shampiyona binganya 2-2.
Kuri ubu Kiyovu Sport niyo yatangiye yicara ku ntebe y’icyubahiro n’amanota atatu ariko ikarusha izindi zose zatsinze ibitego 2 izigamye mu gihe zo zizigamye kimwe. Marine ikaba iri ku mwanya wa nyuma kuko yabashije gutsindwa ibitego byinshi.
Safari Viateur
National Football League
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|