Isonga FC irimo kwitegura umukino izakina na Espoir kuwa gatanu

Kuva tariki 12/12/2011, ikipe yitwa Isonga FC hamwe n’umutoza wayo Richard Tardy iri i Rusizi mu ntara y’iburengerazuba mu myiteguro y’umukino izakina n’ikipe ya Espoir tariki 16/12/2011.

Isonga FC igizwe n’abakinnyi b’ikipe y’igihugu batarengeje imyaka 20. Mu minsi ishize yemerewe gukima mu kiciro cya mbere cya shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda.

Reba haejuru amwe mu mafoto twafashe ubwo iyo kipe yakoraga imyitozo kuri sitade ya Rusizi tariki 13/12/2011.

Jean Baptiste Micomyiza

National Football League

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka