Isonga FC igizwe n’abakinnyi b’ikipe y’igihugu batarengeje imyaka 20. Mu minsi ishize yemerewe gukima mu kiciro cya mbere cya shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda.
Reba haejuru amwe mu mafoto twafashe ubwo iyo kipe yakoraga imyitozo kuri sitade ya Rusizi tariki 13/12/2011.
Jean Baptiste Micomyiza
National Football League
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|