Itsinda ryari riyobowe na Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Maroc,harimo kandi abatoza ndetse n’abakinnyi b’ikipe y’igihugu ya Maroc bafasha umwanya wo kujya urwibutso rwa Jenoside yakorewe abatutsi mu mwaka wa 1994,ndetse bafata n’umwanya wo kunamira inzirakarengane zishyinguye muri urwo rwibutso.
Iyi kipe ikaba yakoze iki gikorwa nyuma yo gusoza urugendo rwayo mu gikombe cy’Afrika gihuza abakinnyi bakina imbere mu gihugu (CHAN), aho iyi kipe yasoje imikino yayo iri ku mwanya wa 3 n’amanota 4,bituma yo na Gabon zisezererwa.
Amafoto y’uko byari byifashe
Bakigera ku rwibutso rwa Gisozi
Babanje gusobanurirwa amateka ya Jenoside yakorewe abatutsi muri 1994
Aha berekwaga Film yakozwe kuri Jenoside
Bashyira indabo ku mva zishyinguyemo inzirakarengane
Ushatse kureba andi mafoto menshi wakanda aha: https://www.flickr.com/photos/kigali-today/sets/72157661632017914
National Football League
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
TWIHANGANISHIJE.HMIRYANGOYABUZE,ABAYO