Nyuma y’aho itsinda ry’abasifuzi ryagombaga gusifura umukino w’umunsi wa gatanu wari guhuza Amagaju na Rayon Sports riteraniye rigasanga ikibuga ntikimeze neza,umukino wagombaga guhuza aya makipe yombi wasubitswe,hakazemezwa nyuma igihe uyu mukino uzabera.
Amafoto y’ikibuga cya Nyagisenyi cyagombaga kubera ho umukino
Aha ni iruhande rw’ikibuga aho abarengura imipira bakinda kuba bahagaze
Mu nkengero z’ikibuga,aha ubusanzwe hicara abasimbura n’abatoza
Aha hari habaye nk’uruzi
Aha ni mu kibuga hagati,ikipe yari gukina umupira wo hasi ni hano yari kuwunyuza
Ikipe ya Rayon Sports yari yaje muri iyi modoka,abafana bati turashaka kureba "DIARRA"
Akenshi iyo igitego kigiyemo hari igihe abafana babyinira hano
Ikirere nticyatumye abafana birebera umukino
Ikipe ya Rayon Sports yategereje ko masaha y’umukino agera ngo ibone gusubira i Kigali
Abafana bamwe bahise bitahira,abandi bategereza ko amakipe ataha
National Football League
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
|