Mu mukino w’umunsi wa kabiri mu itsinda rya kabir rikinira mu karere ka Huye.Angola yabaye ikipe ya mbere isezerewe muri aya marushanwa,nyuma y’aho Republika iharanira Demokarasi ya Congo iyitsindiye ibitego 4-2.

Abakinnyi babanjemo
DR Congo: Mavanga- Cussanda- Fabricio- Sumbo Fonseca- Pedro- Muondo Dala- Elmiro Duarte- David Afonso- Paulo Joao Diniz- Geraldo Quiam- Correia Da Costa
Angola:Matampi-Baumeto-Lomalisa-Bompunga- Kimwaki-Munganga-Bangala-Bope-Bolingi-Luvumbu-Mechak Elia.
Ikipe ya Congo yatangiranye imbaraga nyinshi,aho igice cya mbere cyarangiye Congo ifite ibitego bitatu,igitego cya mbere cyatsinzwe na Munganga ku munota wa 8,Meschakh atsinda icya 2 ku munota wa 18,naho Bolingi atsinda icya 3 ku munota wa 38.


Mu gice cya kabiri cy’umukino ikipe ya Congo yagabanije umurego yari fite mu gice cya mbere,ndetse ku munota wa 76 Angola iza kubona igitego cya mbere cyatsinzwe na Gelson,ku munota wa 82 Bokadi wa Congo abona icya 4,maze nyuma y’iminota 2 gusa Angola ihita ibona icya 2,maze umukino uza kurangira Congo itsinze 4-2.
Biteganijwe ko iyi kipe ya Congo niramuka ibaye iya mbere muri tsinda,izahura n’izaba iya kabiri mu itsinda rya mbere ririmo u Rwanda,Cote d’Ivoire,Maroc na Gabon.
Abafana ....





National Football League
Ohereza igitekerezo
|