Ku i Saa ine n’iminota 40 (10h40) za Kigali, ni bwo abagize ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi bahagurutse mu mujyi wa Doual berekeza mu mujyi wa Limbe muri Cameroun, aho bakora urugendo rwa Kilometero zisaga 80.
Amavubi yari amaze iminsi aherereye mu mu mujyi wa Douala aho bakiniraga imikino yabo kuri Stade de la Réunification ya Douala, bakaba barahanganyirje imikino ya mbere ubusa ku busa harimo uwa Uganda ndetse n’uwa Maroc.
Ni rugendo rumara isaha berekeza mu mujyi wa Buea aho igomba gukinira umukino wa nyuma wo mu itsinda C uzayihuza n’ikipe y’igihugu ya Togo kuri uyu wa kabiri kuri Stade Limbé, ukazatangira i saa tatu z’ijoro.
Amafoto y’Amavubi mbere yo kwerekeza Limbe aho bazakinira umukino wa nyuma mu itsinda












National Football League
Ohereza igitekerezo
|
NDIFUZAKOMUNYEREKAABAKINNYIB,URWANDA!