• AS Kigali yabaye iya kabiri ishobora gusohokera u Rwanda,igihe APR yatwara igikombe cy

    Igikombe cy’Amahoro kirakomeza mu mpera z’iki cyumweru

    Mu mpera z’iki cyumweru imikino y’igikombe cy’amahoro cy’umwaka wa 2015 riraba rigeze muri kimwe cya 16 (1/16) aho amakipe arindiwi yarokotse ijonjora rya mbere aza kwiyongera ku yandi makipe 25.



  • Isonga Fc yiteguye gutanga abakinnyi mu yandi makipe akomeye

    Rayon Sports yamaze gusinyisha abakinnyi bane bo mu Isonga

    Nyuma y’aho ikipe y’Isonga irangirije ku mwanya wa nyuma n’amanota 18 muri Shampiona y’icyiciro cya mbere n’amanota 18,ndetse bikayiviramo no gusubira mu cyiciro cya kabiri, ubu amakipe akomeye yo mu Rwanda yatangiye kuyikura mo bamwe mu bakinnyi bari bayifatiye runini aho ubu iri kuvugwa cyane ari ikipe ya Rayon Sports.



  • Ndayishimiye Eric Bakame mu myitozo n

    Mu cyumweru kimwe ndaba namenye niba nguma muri Rayon cyangwa nyivamo-Bakame

    Umunyezamu usanzwe ufatira ikipe ya Rayon Sports ndetse n’ikipe y’igihugu Amavubi ariwwe Ndayishimiye Eric uzwi ku izina rya Bakame aratangaza ko mu gihe cy’icyumweru kimwe aba yamenye niba aguma mu ikipe ya Rayon Sports nyuma y’aho amasezerano ye arangirana n’uyu mwaka w’imikino



  • Ikipe y

    Muhanga: Ikipe ya Kamonyi na Muhanga zafatanye mu mashati mu marushanwa” Umurenge Kagame Cup”

    Amakipe y’abakobwa ya Muhanga na Kamonyi yaraye ashyamiranye hafi no kurwana nyuma y’uko ikipe ya Muhanga izamuye ikibazo cy’uko Kamonyi yakinishije abakinnyi batabyemerewe kandi basabwa kwigaragaza ntibikorwe bagahita bitahira.



  • Coup Franc ya Uganda yavuyemo igitego

    Amavubi ananiriwe i Kigali Gutsinda Micho wahoze ayatoza

    Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi y’abatarengeje imyaka 23 yatsindiwe imbere y’abafana bayo kuri uyu wa gatandatu n’ikipe ya Uganda y’abatarengeje imyaka 23 mu mukino ubanza wo gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe cy’Afrika cy’abatarengeje imyaka 23 kizabera muri Senegal



  • Milutin Micho Yishimiye kugaruka kuri Stade yumva ko yagiriyeho ibihe byiza

    Nizeye kwitwara neza mu mukino w’abakeba-Milutin Micho

    Umutoza Milutin Micho Sredojovic w’ikipe y’igihugu ya Uganda wanahoze atoza Amavubi aratangaza ko afite icyizere cyo kwitwara neza kuri uyu wa gatandatu mu mukino wo gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe cy’Afrika cy’abatarengeje imyaka 23 aho Uganda ikina n’Amavubi y’abatarengeje imyaka 23.



  • Kiyovu Sport yarangije ku mwanya wa 9 n

    Ali Bizimungu ntakiri umutoza wa Kiyovu Sports

    Uwari umutoza w’ikipe ya Kiyovu Sports, Ali Bizmungu yamaze gusezererwa n’iyo kipe yari yarasinye mo amasezerano y’umwaka nyuma yo kudatanga umusaruro uhagije muri iyi Shampiona aho Kiyovu yayirangije ku mwanya wa 9 n’amanota 32



  • Bitoza imipira yo hejuru

    Tuzabuza Uganda gutsindira igitego iwacu-McKinstry

    Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi Johnny McKinstry aratangaza ko afitiye icyizere abakinnyi be nyuma y’iminsi igera kuri ine bamaze bakorana imyitozo bitegura ikipe ya Uganda y’abatarengeje imyaka 23 bazakina kuri uyu wa gatandatu



  • Hakamera nka gutya

    CAF yatangaje ko yanyuzwe n’ibyo yabonye kuri Stade Huye

    Nyuma y’aho itsinda ry’abagenzuzi ryaturutse mu mpuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afrika (CAF) risuriye ibikorwa byo gutunganya Stade Umuganda ya Rubavu, kuri uyu wa kabiri hari hatahiwe Stade Huye aho iri tsinda ryatangaje ko rifitiye icyizere u Rwanda ko iyi mirimo izarangira neza kandi ku gihe.



  • Ikibuga cy

    Stade Umuganda ishobora kongerwamo imyanya 3500 mu rwego rwo kwitegura CHAN

    Itsinda ry’abagenzuzi riturutse mu mpuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afrika, kuri uyu wa mbere ryasuye Stade Umuganda iherereye mu karere ka Rubavu ndetse rinatanga inama ko iyo Stade yakongererwa imyanya y’abafana



  • Amavubi ashobora gutangira imyitozo kuri uyu wa gatanu

    Abakinnyi 25 bitegura Uganda bahamagawe

    Mu gihe ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 23 yitegura umukino uzayihuza n’ikipe Uganda y’abatarengeje imyaka 23 kuri uyu wa gatandatu taliki ya 23 Gicurasi 2015,umutoza Johnny McKinstry yamaze guhamagara abakinnyi 25 batangira imyitozo kuri uyu wa mbere



  • Umutoza Kayiranga Baptiste aha abakinnyi be amabwiriza.

    Ibibazo amakipe yahuye nabyo uyu mwaka biri mu bihaye APR Fc igikombe-Kayiranga Baptista

    Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports Kayiranga Baptista asanga mu bifashije ikipe ya APR Fc lwegukana igikombe cya Shampiona y’umwaka w’imikino wa 2014/2015 harimo no kuba amakipe atandukanye yaragize ibibazo byo kubura abakinnyi mbere y’uko Shampiona itangira



  • APR ishyikirizwa igikombe cya 15 cya Shampiona

    APR FC yashyikirijwe igikombe cya 15 cya Shampiona

    Kuri uyu wa gatanu taliki ya 15 Gicurasi 2015 nibwo ikipe ya APR FC yashyikirijwe igikombe cya Shampiona y’uyu mwaka mu gihe hasigaye umunsi umwe ngo Shampiona irangire



  • MTC Muhanga niyo yatwaye igikombe mu bahungu.

    Muhanga: Irushanwa ry’“Amashuri Kagame Cup” rizatuma baca ukubiri no guhaha abakinnyi

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga buravuga ko kuba harashyizweho gahunda y’amarushanwa “Amashuri Kagame Cup” bizafasha abana bakiri bato kugaragaza impano zabo, no guca ukubiri no guhaha abakinnyi hanze y’igihugu bagakina mu Rwanda.



  • Kassa Mbungo akunda kugora ikipe ya Rayon Sports

    Rayon Sports irangije Shampiona idatsinze Police FC

    Kuri uyu wa kane. kuri Stade ya kicukiro ikipe ya Police Fc yatsinze ikipe ya Rayon Sports ibitego bibiri kuri kimwe ku mukino w’umunsi wa 25 wa Shampiona, mu gihe kunganya hagati ya AS kigali na Gicumbi byahise biha APR Fc igikombe cya Shampiona.



  • Umutoza Yaounde yahunganye umuryango we aboneraho anirebera uko Police itsinda Rayon 2-1

    Kanyankore Yaounde yamaze guhungana umuryango we mu Rwanda

    Umutoza w’ikipe ya Vital’o Fc, Kanyankore Gilbert Yaounde yamaze guhungana umuryango we mu Rwanda Kubera ibibazo by’umutekano muke uri mu gihugu cy’u Burundi.



  • APR Fc irasabwa kunganya gusa n

    Umukino wa APR Fc n’Isonga wimuwe, ukazakinwa n’igikombe giteretse

    Umukino w’umunsi wa 25 wa Shampiona wagombaga guhuza ikipe ya APR Fc n’Isonga Fc kuri uyu wa kane wamaze kwimurirwa kuri uyu wa gatanu ,ndetse n’ikipe ya APR Fc yabasha kunganya cyangwa gutsinda ikazahita ihabwa igikombe nyuma y’umukino



  • Isonga Fc yiteguye gutanga abakinnyi mu yandi makipe akomeye

    APR Fc irasabwa inota rimwe ku Isonga yamanutse ngo yegukane igikombe

    Kuri uyu wa kane ku bibuga bitandukanye bya hano mu Rwanda haraba hakinirwa imikino ibanziriza umunsi wa nyuma wa Shampiona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’Amaguru, aho ikipe ya APR Fc ya mbere ku rutonde rw’agateganyo irasabwa inota rimwe kugira ngo yegukane igikombe cya Shampiona y’uyu mwaka



  • Ubudage nyuma yo gutwara igikombe cy

    U Rwanda rwazamutse ho umwanya umwe ku rutonde rwa FIFA

    U Rwanda rwazamutseho umwanya umwe mu mupira w’Amaguru ku rutonde ngarukakwezi rukorwa n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi (FIFA) aho rwavuye ku mwanya wa 74 rujya ku wa 73.



  • Amavubi arerekeza muri Djibuti kuri uyu wa kane

    Faustin Usengimana na Kwizera Olivier muri 18 berekeza muri Djibuti

    Umutoza w’ikipe y’igihugu y’abatarengeje iyaka 23, Johhny McKinstry yamaze gushyira ahagaragara abakinnyi 18 azifashisha ku mukino wo kwishyura uzahuza u Rwanda na Somalia mu gihugu cya Djibouti kuri iki cyumweru.



  • Rusheshangoga n

    Volleyball ni umukino mwiza nashishikariza abantu bose kuwitabira-Rusheshangoga Michel

    Umukinnyi w’umupira w’Amaguru mu ikipe ya APR Fc ndetse n’ikipe y’igihugu ukina muri ba myugariro Rusheshangoga Michel arakangurira abanyarwanda bose gushyigikira umukino wa Volleyball nyuma yo kwirebera aho ikipe y’igihugu yegukana igikombe cya Zone 5



  • Uko Stade ya Ngororero izaba imeze nyuma y

    Ngororero : Imirimo yo kubaka Stade ya Ngororero yaratangiye

    Nyuma y’uko Akarere ka Ngororero kiyemeje kubaka stade izakomatanya imikino itandukanye, ndetse Intara y’Iburengerazuba ikayemera nk’umwe mu mishinga minini izahakorerwa mu myaka 3 iri imbere, ubu imirimo yo kubaka ikibuga hamwe n’ibijyana na cyo yaratangiye.



  • Ntibarasobanukirwa neza aho bazakinira umukino wo kwishyura

    Kenya yanze kwakira Umukino w’u Rwanda na Somalia

    Ishyirahamwe ry’umupira w’Amaguru muri Kenya ryamaze gutangaza ko rititeguye kwakira umukino wo kwishyura uzahuza amakipe y’abatarengeje imyaka 23 hagati y’u Rwanda na Somalia wagombaga kubera muri Kenya kuri uyu wa gatandatu taliki ya 09 Gicurasi 2015.



  • Abanyamakuru ba Siporo mu Rwanda bazakina na Vision 2020 kuri iki cyumweru

    Media Freedom Cup irahatanirwa n’Ikipe y’abayobozi bakuru b’igihugu ndetse n’abanyamkuru b’imikino mu Rwanda

    Kuri iki cyumweru ikipe igizwe ahanini na bamwe mu bayobozi b’igihugu cy’ u Rwanda iraza gukina umukino n’ikipe y’abanyamakuru b’imikino mu Rwanda (AJSPOR FC), umukino ubera kuri Stade Amahoro i Remera kuri iki cyumeru guhera Saa Tatu za mu gitondo.



  • Amavubi ashobora gutangira imyitozo kuri uyu wa gatanu

    Ibibazo by’ibyangombwa byatumye abakinnyi umunani badahamagarwa mu Mavubi

    Ikipe y’igihugu Amavubi y’abatarengeje imyaka 23 yongeye guhamagarwa, aho abakinnyi umunani bari bahagaritswe kubera ibibazo by’ibyangombwa bongeye kutagaragara ku rutonde ruzakina umukino wo kwishyura na Somalia taliki ya 09 Gicurasi 2015



  • Hegman watsinze igitego cya mbere ku munota wa kane

    Gicumbi yongeye guhangara APR Fc

    Ikipe ya Gicumbi yongeye kwerekana ko ikomeye nyuma yo kongera guhagarika umuvuduko w’ikipe ya APR Fc, mu gihe Sunrise nayo yongeye kunganya na Rayon Sports mu mikino y’ibirarane



  • Umukino wa Marines na Etincelles wagombaga kubera kuri iki kibuga cya Tam Tam aho aya makipe amaze iminsi akinira

    Umukino wa Marines na Etincelles wongeye kwimurwa

    Umukino w’ikirarane wagombaga guhuza ikipe ya Marines na Etincelles kuri uyu wa gatatu ukabera i Rubavu ku kibuga cya Tam Tam, wamaze kwimurirwa ku wa kane taliki ya 30 Mata 2015 ukazakinirwa i Musanze.



  • Abana bitwaye neza mu mikino y

    Irushanwa rya Copa Coca cola rikomeje gufasha abana mu myigire yabo

    Uhagarariye ishyirahamwe ry’imikino mu mashuri yisumbuye Rwigema Florent , yatangaje ko Irushanwa rya Copa Coca Cola ridafasha abana gukina gusa, ahubwo ribafasha no mu myigire yabo ya buri munsi.



  • Yves Rubasha (wambaye nomero 11) nawe ari kwifatanya n

    Kabanda Bonfils na Yves Rubasha muri APR Fc yitegura Gicumbi Fc

    Ikipe ya APR Fc ikomeje imyitozo ikomeye yitegura Gicumbi aho ndetse n’abakinnyi bakina hanze bagitegereje umukino wo kwishyura na Somalia bifatanije na APR Fc mu rwego rwo kudasubira inyuma mu mikinire.



  • Nyagatare Fc yasatiriye cyane Izamu rya United Stars

    Nyagatare FC yatsinze United Stars bigerekwa ku musifuzi

    Kuri iki cyumweru tariki ya 26 Mata, ku kibuga cya kaminuza y’u Rwanda ishami rya Nyagatare, ikipe ya Nyagatare F.C yabashije kuhatsindira ikipe ya United Stars igitego kimwe ku busa, mu mukino w’umunsi wa 15 wa Shampiona y’icyiciro cya 2.



Izindi nkuru: