Bidasubirwaho, FIFA yemeje ko Ismaila Diarra ari umukinnyi wa Rayon Sports

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi ryamaze guha ibyangombwa Rayon Sports, byemerera Diarra kuva muri Daring Club Motema Pembe (DCMP), akayerekezamo.

Diarra yaherukaga gukinira Rayons Sport mu mukino wayihuje na APR bahatanira igikombe gisumba ibindi
Diarra yaherukaga gukinira Rayons Sport mu mukino wayihuje na APR bahatanira igikombe gisumba ibindi

Nyuma y’igihe Diarra avuye muri Daring Club Motema Pembe, ariko ataremererwa gukinira Rayon Sports, ubu yamaze guhabwa icyangombwa kimwemerera gutangira gukinira Rayon Sports (International transfer certificate).

Icyangombwa cya FIFA cyemerera Diarra kuba umukinnyi wa Rayons
Icyangombwa cya FIFA cyemerera Diarra kuba umukinnyi wa Rayons

Ismaila Diarra yaherukaga gukinira Rayon Sports mu mwaka w’imikino wa 2015/2016, aho yayitsindiye ibitego 14 muri Shampiona, anayifasha gutwara igikombe cy’amahoro aho yabatsindiye APR igitego 1-0

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 9 )

ahubwo iyatsinze yaratsinze ubundi batwitege

bless yanditse ku itariki ya: 14-01-2018  →  Musubize

Ndishimye cyaneee imana ishimwe kuba bigango agarutse tugiye gushwa nyaguza

Nsengimana felix yanditse ku itariki ya: 14-01-2018  →  Musubize

Ndishimye cyaneee imana ishimwe kuba bigango agarutse tugiye gushwa nyaguza

Nsengimana felix yanditse ku itariki ya: 14-01-2018  →  Musubize

Ndishimye cyaneee imana ishimwe

Nsengimana felix yanditse ku itariki ya: 14-01-2018  →  Musubize

bigango you wa were came back reyo izabikora uyumwaka

jeand Amour Habumuremyi yanditse ku itariki ya: 13-01-2018  →  Musubize

ndishimye kandi ndanezerewe kubera bigango yahawe ibyangobwa kambaze nshuti deminique saviour bigezehehe?

jeand Amour Habumuremyi yanditse ku itariki ya: 13-01-2018  →  Musubize

Nimureke rero duhereze amakipe ibyayo.

alias haragira yanditse ku itariki ya: 13-01-2018  →  Musubize

Arakaza neza niwe twari twarabuze kbsa

Baptiste yanditse ku itariki ya: 13-01-2018  →  Musubize

welcome back

JADO yanditse ku itariki ya: 13-01-2018  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka