Bidasubirwaho, FIFA yemeje ko Ismaila Diarra ari umukinnyi wa Rayon Sports
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi ryamaze guha ibyangombwa Rayon Sports, byemerera Diarra kuva muri Daring Club Motema Pembe (DCMP), akayerekezamo.
Nyuma y’igihe Diarra avuye muri Daring Club Motema Pembe, ariko ataremererwa gukinira Rayon Sports, ubu yamaze guhabwa icyangombwa kimwemerera gutangira gukinira Rayon Sports (International transfer certificate).
ahubwo iyatsinze yaratsinze ubundi batwitege
Ndishimye cyaneee imana ishimwe kuba bigango agarutse tugiye gushwa nyaguza
Ndishimye cyaneee imana ishimwe kuba bigango agarutse tugiye gushwa nyaguza
Ndishimye cyaneee imana ishimwe
bigango you wa were came back reyo izabikora uyumwaka
ndishimye kandi ndanezerewe kubera bigango yahawe ibyangobwa kambaze nshuti deminique saviour bigezehehe?
Nimureke rero duhereze amakipe ibyayo.
Arakaza neza niwe twari twarabuze kbsa
welcome back