Nyuma yo gutsindirwa mu birwa bya Maurice n’ikipe y’igihugu yaho igitego 1-0,u Rwanda rugomba gukina umukino wo kwishyura n’iyo kipe izwi ku izina rya Les Dodos,umukino uzabera kuri stade Amahoro guhera Saa cyenda n’igice kuri uyu wa kabiri.
Mu gihe umukino ubanza wabereye imbere y’abafana bake cyane,abafana bo mu Rwanda bahawe amahirwe yo kuzareba uwo mu mukino ku buntu ku bafana bazicara ahasigaye hose n’ahandi hatwikiriye usibye mu myanya y’icyubahiro
Mu birwa bya Maurice Stade yari abantu bake cyane ...
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Ahubwo niba arukuri baze dushyigikire ikipe yacu maze twereke bariya banyamahanga ko Urwanda twateye intabwe kubarusha
NB.nuko twazaturibenshi tukihera amaso
Amavubi Azatsinda Bibiri Kubusa Ndikicukiro