Rayon Sports, Kiyovu n’abandi bifatanyije mu kababaro na APR FC

Amakipe atandukanye mu Rwanda ndetse n’abandi basportifs muri rusange, bifatanyije mu kababaro n’umuryango wa Lt Gen Jacques Musemakweli ndetse n’uwa APR FC yabereye umuyobozi mu myaka ishize.

Mu ijoro ryo kuri uyu wa kane rishyira uwa Gatanu tariki ya 12 Gashyantare 2021 nibwo hamenyekanye amakuru y’uko Lt Gen Jacques Musemakweli wari Umugenzuzi Mukuru wa RDF yitabye Imana azize uburwayi.

Lt Gen Jacques Musemakweli yayoboye APR FC imyaka irindwi
Lt Gen Jacques Musemakweli yayoboye APR FC imyaka irindwi
Ubutumwa bw'akababaro bwatanzwe na APR FC
Ubutumwa bw’akababaro bwatanzwe na APR FC

Lt Gen Jacques Musemakweli uri mu bagize uruhare mu ishingwa ry’ikipe ya APR FC, yanayibereye Umuyobozi Mukuru mu gihe cy’imyaka irindwi, akaba aheruka gusimburwa kuri uwo mwanya na Gen Mubarak Muganga.

Amakipe atandukanye arimo n’abandi basportifs bifatanyije n’umuryango wa APR FC

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka